Dore uburyo 8 wakoresha mu gihe ushaka gushimira umuntu wagukoreye neza akagushimisha cyane

27/06/2023 14:22

Hari uburyo bwinshi ushobora gushima uwagukoreye ibyiza, hano Hari uburyo 7 ushobora gukoresha.

 

1.Kubabwira ngo mwakoze

 

Hari ubwo umuntu agukorera ibintu byiza akagufasha, mu buryo Bworoshye bwo gushima uwo muntu ushobora kumubwira ijambo ngo Wakoze, ni ijambo risanzwe ariko risobanuye byinshi.

 

 

2.Kumuha impano

 

Ubundi Buryo Bworoshye bwo gushima uwagukoreye ibyiza n’ubundi ushobora kugura impano runaka ukayimuha umushimira ibyo yagukoreye. Si ngombwa ko iyo mpano yaba ihenze.

 

 

 

3.Bereke ko ubitayeho

 

Ubundi Buryo Bworoshye bwo gushima uwo muntu wagukoreye ibyiza, ushobora kumwereka ko umwitayeho mu buzima bwe ukamwumva ndetse mu kaganira cyane.

 

 

4.Bahe ubufasha runaka

 

Ushobora gukoresha ubu buryo mu gushima uwagukoreye ibyiza aho ushobora kumuha ubufasha runaka acyeneye mu buzima.

 

 

5.Mushyigikire mubyo akora

 

Ushobora nanone gushima uwagukoreye ibyiza umushyigikira mubyo akora umutera ingabo mu mugongo mugihe Hari ikintu arigukora kuburyo abonako uri kumwitaho.

 

 

6.Marana akanya nabo

 

Ushobora kumarana igihe nabo bantu bakugiriye neze mu buryo bwo kubashima aho ushobora kujyana nabo gusangira, kurebana filim n’ibindi.

 

 

7.Gerageza kubyumva unamwubahe

 

Niba ushaka gushima uwagukoreye ibyiza nanone ushobora kumwumva cyane mugihe ari mu bihe bibi. Ndetse ushobora kumwubaha aho wakirinda kumuvuga nabi.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: Vocal.media

 

 

Advertising

Previous Story

Umukobwa yakubiswe izakabwana na nyina amuziza ko afite umuhungu bakundana

Next Story

Niba ukora ibi bintu menyako uzahorana ubukene ! Ngiyo imico 6 ishobora kuguhoza mu bucyene

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop