Ndicuza kuba naronse ibitsina by’abagabo bubatse nziko ndwaye SIDA ! Lea

21/01/2024 18:24

Uyu mugore witwa Lea wo mu gihugu cya Kenya yavuze uburyo yicuza kuba yaronse ibitsina by’abagabo ndetse akanaryamana n’abagabo bubatse Kandi abizi ko arwaye SIDA ashobora kuyibanduza.

Yakomeje avuga ko yavutse ku mugore udafite umugabo ndetse avuga ko yavuye iwabo mu rugo ubwo yabyaraga imfura ye ya mbere arinabwo yahise ava mu ishuri kuko yari amaze kubyara.

Ubwo yajyaga kwandagara mu muhanda mu ijoro yafatwaga kungufu n’abantu barenga 8 Bose.Uyu mugore yavuze ko ku muhanda yahahuriye n’ibintu bikomeye aho abasore bo ku muhanda bafataga amacupa bakayaseseka mu gitsina cye.

 

Icyakora yavuze ko hari abantu bamubonye yahwereye kubera kumufata kungufu cyane maze bamujyana kwa muganga.Aho yakiriye amaze gutera agatege yarongeye asubira ku muhanda aho yari asanzwe abarizwa.

Yavuzeko bamwe mu bakobwa babanaga nawe ku muhanda bamugiriye inama yo gukundana n’umwe mu basore bo ku muhanda kugira ngo byibura ajye amukiza mu gihe Hari abaje kumugirira neza.

 

Nyuma y’imyaka 2 ari mu rukundo na wa musore wo kumuhanda yaje kubyara umwana we wa 3 ndetse asanga yanduye SIDA yari yarandujwe n’uwo musore wo ku muhanda bakundanaga. Icyakora yavuze ko abantu babanaga ku muhanda bamubaye hafi abyara neza uwo mwana we wa 3.

 

Yakomeje avuga ko nyuma yaje guhura n’umukobwa waje kumugira inama yo kuba indaya, ndetse Aribwo ku nshuro y’ambere yakoreye amafaranga abasha kwishyura inzu yo kubamo abona nibyo agaburira abana be.

Yavuzeko yakomeje umwuga we wo kuba indaya ndetse avuga ko yakiriye abakiriya benshi ingeri zitandukanye aho bamwe bamusabaga konka ibitsina byabo, abandi bamusambanya imbere ninyuma, abandi bamusambanya rimwe narimwe bakanagenda batamwishyuye.

 

Icyakora ngo kimwe mu bintu yicuza ni ukuba yararyamanye n’abagabo bubatse ndetse azi n’abagore babo Kandi bakaryamana nta gakingirizo Kandi abizi ko arwaye SIDA. Yasoje avuga ko ubuzima bwe bukomeje kumugora cyane ko indwara ikomeje kumuzahaza ndetse akaba nta bushobozi afite bwo kwivuza neza uko bikwiye.

Source: mururi tv

Advertising

Previous Story

“Umusore yanshukishije Fanta yayiroze nshiduka ndi kuburiri bwe aransambanya antera inda aranta” – VIDEO

Next Story

Mushiki wa Diamond Platnumz yiyamye abakobwa bashaka kumutwarira Umugabo

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop