Nashatse umukobwa wo mu rusengero nziko nitomboreye tugezeyo mu rugo arahinduka ! Israel

11/01/2024 15:53

Nyuma yo gushaka ari kuvuma urugo rwe.

Umwe mu bakorana na Davido, Israel Dmw yagaragaje ko abangamiwe n’urugo rwe na Sheila nyuma y’igihe bemeranyije kubana nk’umugore n’umugabo.

Israel avuga ko yizeraga ko arongoye umukobwa wo mu Itorero ukunda gusa bizatuma atuza akubaka gusa ngo ntibyatinze atangira kujya mungeso mbi.

Kuri ubu aba bombi bari bamaranye umwaka umwe bashakanye ariko nabwo uyu mugabo yavuze ko arambiwe gusa ngo no k’umugore we akaba ari uko.

Israel anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yagize ati:” Abagabo baca muri byinshi mu ngo zabo.Bakemerewe kujya bagaragaza ibyiyumviro byabo.

“Bakwiriye kuvuga uko biyumva.Ntuzarongore kubera urusengero cyangwa umusigiti.Barahinduka.Nashatse umukobwa wari umukozi w’Imana nziko bizagenda neza,ariko nyuma yarekeye aho kubwiriza ahindura izina”.

Advertising

Previous Story

Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024

Next Story

Tiwa Savage yashyize Davido ku ruhande ahita ategura Filime idasanzwe

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop