Nasabye Simi ko turyamana kugira ngo tubone dukorane indirimbo umugabo we arafuha ntibyaba – Brymo

21/07/2023 19:34

Nasabye Simi ko turyamana kugira ngo tubone dukorane indirimbo umugabo we arafuha ntibyaba – Brymo

Umuhanzi Brymo yateje akaruru n’amarangamutima mabi kumbuga nkoranyambaga nyuma kugaragaza ko yasabye umuhanzikazi Simi ko baryamana kugira babone gukorana indirimbo bikarakaza umugabo we Adekunle Gold nawe w’umuhanzi.


Uyu muhanzi Brymo yagaragaje ko icyo yifuzaga gusa ari ukumva uko bimera gukorana indirimbo n’umuntu mwabanje kuryamana gusa ngo uyu mugore wa Adekunle Gold arabyanga gusa ngo nanone bisiga birakaje umugabo we.

Uyu muhanzi yagize ati:” Hari igice kimwe muri njye cyifuzaga kuryamana na Simi kugira ngo tubone gukorana , ikindi gice kikifuza ko ntamugora pe”.

 

Uyu muhanzi yavuze ko nyuma y’uko abimusabye , umugabo wa Simi Adekunle Gold , yaje kubabazwa nabyo cyane kandi nyamara ngo ntacyabaye hagati yabo.

 

Igihugu cya Nigeria gikomeje kuyobora umuziki wo muri Afurika bigendanye nuko abahanzi baho bazi gufata no kuyobora promotion bakorera ibihangano byabo.

Advertising

Previous Story

Minisitiri w’urubyiruko yagaragaje impamvu atanywa inzoga avuga ko zisuzuguza

Next Story

Nyamasheke: Basezeraniye mu bitaro nyuma yo gukora impanuka berekeza ku rusengero igahitana ise w’umukobwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop