Naryamanye n’abagore barenga 315 uyu mwaka ! Umugabo yigambye kuryamana n’abagore barenga 315 avuga ko ari ubutwari yiyiziho

12/10/2023 20:16

Yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko yaryamanye n’abagore barenga 315 agaragaza ko yabikoze kuba muri Mutarama kugeza mu Ukwakira.

 

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kigacishwa kuri Instagram, uyu mugabo wo muri Nigeria , yasabwe kugabanya kwiyita Intwari ndetse abafana basaba n’abandi bagabo kutajya bishuka ko bakoze ibitangaza byo kuryamana n’abagore.

 

Yabajijwe ati:” Ugereranyije ni abagore bangahe mwaryamanye uyu mwaka?”. Atazuyaje ati:” Bari mu magana”. Ati:” Bari muri 315 barenga”.

 

Uyu bakoranaga ikiganiro wiyise ‘Remedy Blog’, yamubajije niba yemera ko ikiganiro bagirana agishyira hanze maze nawe arabimwemerera Niko kumubaza umubare w’abo yaryamanye nabo ati:

 

” Kuva muri Mutarama kugeza ubu mu Ukwakira sinzi neza umubare w’abo cyakora bari hejuru ya 315″.

 

Advertising

Previous Story

Irasohoka ejo ! Ice Spice yatangaje ko agiye gushyira hanze indirimbo yakoranye na REMA wahiriwe n’imihanda yo muri Amerika

Next Story

Mugire inama : Ndi umusore mwiza wateruye ibyuma abakobwa barankunda ariko mfite ikibazo cyo kugira igitsina gito cyane pe nyamara hari umukobwa wansabye ko twakora ubukwe mfite ubwoba bwo kutazabishobora

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop