Yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko yaryamanye n’abagore barenga 315 agaragaza ko yabikoze kuba muri Mutarama kugeza mu Ukwakira.
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kigacishwa kuri Instagram, uyu mugabo wo muri Nigeria , yasabwe kugabanya kwiyita Intwari ndetse abafana basaba n’abandi bagabo kutajya bishuka ko bakoze ibitangaza byo kuryamana n’abagore.
Yabajijwe ati:” Ugereranyije ni abagore bangahe mwaryamanye uyu mwaka?”. Atazuyaje ati:” Bari mu magana”. Ati:” Bari muri 315 barenga”.
Uyu bakoranaga ikiganiro wiyise ‘Remedy Blog’, yamubajije niba yemera ko ikiganiro bagirana agishyira hanze maze nawe arabimwemerera Niko kumubaza umubare w’abo yaryamanye nabo ati:
” Kuva muri Mutarama kugeza ubu mu Ukwakira sinzi neza umubare w’abo cyakora bari hejuru ya 315″.