Naryamanye n’abagabo barenga 1,000 ! Umukobwa w’imyaka 23 wiga muri kaminuza yiyemeje guhinduka

11/02/2024 15:50

Kimwe mu bintu bizengereje urubyiruko muri iyi minsi harimo no gusambana cyangwa imibonano mpuzabitsina batarubaka, aho usanga umwana ukiri muto ashobora kuba akora ibintu umugore n’umugabo bashakanye batashobora gukora.

 

Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mukobwa wari usanzwe yiga muri Kaminuza aho yavuze ko yaryamanye n’abagabo barenga 1000.

 

Mu kuvuga ibyo byose uyu mukobwa yavuze ko kuryamana nabo bagabo Bose yabikoze kubera ko yashakaga ko bamuha amafaranga yo kwifashisha mu buzima bwe bwa kaminuza cyane ko ngo babura amafaranga menshi yo kubafasha.

 

Sibyo gusa uyu mukobwa yavuze ko kuryamana n’abagabo benshi harimo no gushaka umunyura kuko ngo nta mugabo n’umwe wamunyuraga mu buzima bwe ngo amushimishe mu gutera akabariro. Bityo bikaba biri mu mpamvu zatumye aryamana nabo bagabo Bose.

 

Gusa mu kuvuga ibyo byose yavuze ko nawe adatewe ishema no kuryamana nabo bagabo Bose ariko ko yahisemo kureka ubwo buzima yabagamo akaba yiyemeje guhinduka. Icyakora imyirondoro ye ntiyigeze imenyekana.

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Rutangarwamaboko yashimiye abazimu nyuma y’aho inyubako ifatiwe n’inkongi y’umuriro

Next Story

Birababa ! Byansabye kuryamana n’abaganga 14 kugira ngo bavure mama kuko nta mafaranga nari mfite yo kwishyura

Latest from HANZE

Go toTop