“Nakundanye n’umusaza w’imyaka 70 ndetse n’abahungu be 3 bose tukaryamana” ! Otieno Banks yahawe urwamenyo kubera kwivamo

08/27/23 21:1 PM
1 min read

Umwe mu berekana imideli bizwi nka Model witwa Otieno Banks yagaragaye mu itangazamakuru avuga uburyo yakundanye n’umugabo w’imyaka 70 ndetse n’abahungu be 3 Bose bakaryamana abantu baramuseka.

 

 

Muri iyi minsi ibintu byo kuryamana nabasaza bakuze bigezweho cyane cyane ku bakobwa bashaka amafaranga menshi  batakoreye kubera ko bazi ko aba basaza baba bafite ayo mafaranga bityo bakemera kuryamana nabo ngo babahe ku mafaranga.

 

 

 

Bijya gusa nkibyo uyu mukobwa wamamaye cyane mu kwerekana imideri ariko aho bitandukaniye ni uko we yaryamanye n’abahungu b’uwo musaza bose uko ari 3.

 

 

 

Ubwo uyu mukobwa yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube yitwa Obinna Tv, nibwo yavuze ko mu myaka ishize yakundanye n’umugabo w’imyaka 70 ndetse n’abahungu be 3 bose bakaryamana.

 

 

 

Yavuze ko bijya gutangira uwo musaza yamariye uyu mukobwa amubona ku mbugankoranyambaga nuko baza guhura barakundana ajya ku mwereke abahungu be.Ubwo yajyaga kujya kumwereka abahungu be, bose uko ari batatu bahise nabo bamukunda, ndetse kubera guhorana nawe aza kubakunda.

 

 

 

Ngo uyu mukobwa yabuze amahitamo hagati yabana na se ngo kuko abahungu be bose bari beza ariko badashoboye akazi mu gitanda ariko papa wabo ntiyari mwiza nk’abana be ariko ashoboye cyane mu gitanda.Ngo yaje kunanirwa guhitamo aza kubivamo ariko abivamo barakanyujijeho cyane ko bose baryamanye n’uyu mukobwa.

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Go toTop