“Nakoze mu kabari ndi n’umuririmbyi mu rusengero aho abagabo bakoraga ku mabuno y’abakobwa ndeba“ ! Umurokore Olga yavuze ibyamubayeho ari munzu y’Imana

19/02/2023 17:31

Ubusanzwe gusenga bitandukanye no kuririmba , kuririmba nabyo bitandukanye no gusenga bihoraho.Bamwe batekereza ko gusenga ntaho bihuriye no gukora ibyaha cyangwa kwijandika muzindi nzira ariko Olga yatanze ubuhamya bukomeye bw’ibyamubayeho.

Mu kiganiro gikomeye yatangaje ko yabayeho nabi , aho yabaye mu nzu zizwi nka Geto wenyine,Olga yashimiye abantu batandukanye barimo Aline Kabaganza n’abandi bamugiriye neza.Yasobanuye ko kandi abagabo bajya mu kabari atari uko bose baba bagiye mubakobwa asobanura ko hari n’ababa bagoye gusenga Imana bisanzwe.

Olga, yaririmbye muri Korali anakora mu kabari byose akabara icya rimwemu gihe bamwe babona bidashoboka cyangwa bakabifata nk’amahanp.Yagize ati:”Ntabwo navuga ko abagabo bose bagiye mu kabari baba bafite ingesombi, hari aba bagiye kwishimisha , ubundi bakitahira gusa hari n’ababa bagiye kwiyenza kubakozi.Aha ninaho bahera bavuga ko abakozi bose bo mukabari atari indaya.

Hari ukora mu kabari kuko ari ubuzima , hari ukora mu kabari tageti ariyo ngiyo , ariko njye nakoze mu kabari nkora n’umurimo w’Imana w’uburirimbyi, navaga gufungurira abagabo byeri cyangwa mitsingi nkajya kuririmba muri Korali nkajya guhimbaza Imana.

Ahantu nasengeye ntabwo nabafata nk’abantu badaha agaciro ubuzima bw’umuntu kuko gukora mu rusengero ntabwo ari uburaya.Hari ububari bwiza pe , ntabwo bivuze ko gukora mukabari bivuze gukora abakobwa cyangwa abagore kukibuno.Olga, yasobanuye ko n’ubwo byabaho ariko kwihesha agaciro nabyo ari ingenzi cyane.Umuntu utamuhaye karibu iwawe , ntabwo yakwinjira ntanubwo yabona ubugukoraho ariko umuhaye uwo mwnya yabikora rero abantu bajye bareka kubyitiranya.

Yakomeje avuga uburyo yakubiswe.Ati:”Naratashye mvuye gukora bansaba amafaranga ntafite, nababwiye ko ntamafaranga mfite , barankubise bankubita bansaka.Mu by’ukuri umuntu agira ikibazo gitandukanye kuko naribushobore kuba narimbayeho nabi cyane ariko ntabwo babimenye.Uyu mubyeyi yitwa , Ishimwe Kanzayire Marie Olga, ni umubyeyi w’umugabo umwe umwe unyuzwe nawe.

Uyu mugore yatangaje benshi mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru bakomeza bibaza impamvu yo gukora mukabari no gusengera muri Korali icyarimwe.Uyu mudamu ni intwari kuri bamwe kuko yabashije kubyikuramo.

Advertising

Previous Story

Dore ingaruka zo kuvanga Coca-Cola n’inzoga zisanzwe

Next Story

“Navuye mu bamasera njya kwishakira umugabo tugeze aharyoshye ansaba gatanya aragenda “ ! Umugore wavuye mu bamasera yasutse amarira

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop