“Nabonye urukundo n’amahoro y’umutima muri wowe mukunzi ” ! Umukobwa akomeje kuryoherwa n’urukundo yahawe n’umuhanzi Okala

13/08/2023 10:18

Urukundo koko rujya iyo rushaka, umuhanzi Okala akomeje gushimirwa urukundo n’amahoro y’umutima yahaye umukunzi we wamushimiye.

Uyu mugore yashimwe n’abantu batandukanye kubera uburyo yerekana urukundo no gushimira uwo bakundana.

Kurundi ruhande nanone, umuhanzi Keseri Okala , yashimiwe n’abantu batandukanye wita k’umukunzi we kugeza amutatse kubantu bose.

Uyu mukobwa usa n’umuzungu neza neza, yarahiriye kuzamara ubuzima bwe bwose n’umukunzi we Kesari Okala, dore ko yemeza ko kuva yabaho ntawundi muntu wigeze kumukunda nk’uko yabikoze.

Yagize ati:” Iteka ryose tuzahorana.Kesari nanjye , kuri wowe nabonye amahoro y’umutima n’urukundo”.

Bimwe mu bitekerezo byashyizwe kuri aya mashusho nk’uko bigaragara mu binyamakuru byo muri Nigeria , hari abavuze ko uyu mukobwa atagenzwa n’urukundo bemeza ko ashaka amafaranga y’uyu muhanzi.

Advertising

Previous Story

Menya ingano y’igitsina buri mugabo yari akwiriye kugira

Next Story

Umukozi wo murugo yafunzwe azira gutangamo pass umwana wa boss we ayiha umuvandimwe we

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop