Menya ingano y’igitsina buri mugabo yari akwiriye kugira

12/08/2023 21:40

Benshi mu bagabo bahangayikishwa n’ingano y’igitsina batunze bikaba byabahangayikisha ndetse bikabangiriza isura imbere y’abagore babo.

 

Benshi mubaganga bahura n’ibibazo bikomeye byo kwizeza abantu ko ibitsina byabo bihagije , mu gihe babagana kubera kutiyizera.

Ubushakashatsi bumwe bwo muri 2019 bwemeza ko igitsina cy’umugabo gikwiriye kungana na 8.8 cm (3.5 in) nyuma y’ipimwa ryakozwe kugabagabo 80 bapimwe ubugabo bwabo. Ubundi bukemeza ko ikigereranyo cyanyacyo ari cm 12.9 (5.1 in).

Ikinyamakuru Medical news today dukesha iyi nkuru , kigaragaza ko ubusanzwe, nta gitsina cy’umugabo gito kibaho, ahubwo ko biterwa nuko ugikoresha yitwara.

Ntabwo umugabo yari akwiriye guhangayikishwa n’ingano y’igitsina cye, ahubwo yari akwiriye kwitoza mukumenya uko gikoreshwa kugira ngo kinezeze uwo bashakanye.

Igitsina cy’umugabo kitarafata umurego kiba kingana na Cm 4 , cyamara gufata umurego byibura kikaba ari 8.8 cyangwa cm 7.3.

Hari bamwe mubagabo bavukana igitsina gito kubera kubura imisemburo ibishinzwe, bakanasazana igitsina gito. Uku kugira Micro Penis , bituma batekereza ko badashoboye kandi nyamara atari byo.

Mu nkuru yacu y’ubutaha tuzarebera hamwe uko umugabo yakoresha igitsina cye gito.

Nugira ikibazo kuri iyi nkuru utwandikire.

Advertising

Previous Story

Ese wowe wakemera kurongora umugore wuzuye amatatuwaje tattoo umubiri wose ? Habuze gica hirya no hino ku mbugankoranyambaga

Next Story

“Nabonye urukundo n’amahoro y’umutima muri wowe mukunzi ” ! Umukobwa akomeje kuryoherwa n’urukundo yahawe n’umuhanzi Okala

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop