“Nabaye umusirikare nkora ikosi mu mahanga” ! Umukobwa w’ikizungerezi atanze ubuhamya bw’ubuzima yanyuzemo

19/06/2023 19:43

Ntabwo bikunze kugaragara ko umukobwa cyangwa umugore bafata iyambere bakagaragaza ubundi buzima bwabo bwanyuma y’ubundi.

 

Uyu mwari yahishuye ko byari bigoye ariko ahesha ishema u Rwanda.

 

Umutoni Peace , yagaragaje ko azi kurasa ndetse ahishura ko yabayeho nabi cyane.

Ati:” Twararaga mu mashyamba iminsi ibiri, icyo gihe babaga bagushakiye ibyo urarya ariko nawe ukimenyera inzu uriburaremo muri iryo shyamba ari nijoro nta toroshi , nta muntu muri kumwe, ariko twabinyuzemo duhesha ishema u Rwanda”.

Advertising

Previous Story

Dore uko wabyitwaramo mu gihe ufite igitsina gito

Next Story

Bikumazeho amafaranga ! Dore ibintu wahagarika gukora ubundi ukabona ukareba ko waba umukire mu gihe gito

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop