Wednesday, November 29
Shadow

“Nabaye umusirikare nkora ikosi mu mahanga” ! Umukobwa w’ikizungerezi atanze ubuhamya bw’ubuzima yanyuzemo

Ntabwo bikunze kugaragara ko umukobwa cyangwa umugore bafata iyambere bakagaragaza ubundi buzima bwabo bwanyuma y’ubundi.

 

Uyu mwari yahishuye ko byari bigoye ariko ahesha ishema u Rwanda.

 

Umutoni Peace , yagaragaje ko azi kurasa ndetse ahishura ko yabayeho nabi cyane.

Ati:” Twararaga mu mashyamba iminsi ibiri, icyo gihe babaga bagushakiye ibyo urarya ariko nawe ukimenyera inzu uriburaremo muri iryo shyamba ari nijoro nta toroshi , nta muntu muri kumwe, ariko twabinyuzemo duhesha ishema u Rwanda”.

Share via
Copy link
Powered by Social Snap