Advertising

Dore uko wabyitwaramo mu gihe ufite igitsina gito

19/06/2023 18:43

Kugira igitsina gito ni ikibazo gikomeye kandi gihangayikishije abagabo hafi ya bose ku isi yose gusa nyamara ntakibazo bakagize.

Ningombwa ko abagabo bumva ko ntakibazo kiri mu kugira igitsina gito.Abahanga bagira bati:” Ubushobozi ntibugaragarira mu bunini”. Hari ubwo umugabo agira igitsina kinini ariko bikamubera imbogamizi mu gihe atazi kugikoresha.

Abagabo bagirwa inama yo kwirinda kujya bahangayika kubera ingano y’igitsina ubushakashatsi buvuga ko abagabo benshi baterwa isoni nuko bumva abandi bameze ndetse bagaterwa ipfunwe n’uko bumva ko badashoboye.

Niba uri umugabo ukaba ufite igitsina gito nk’uko byagaragajwe ubitekereza, nugera muri iki kibazo uzamenye icyo ukora.

Urasabwa kwiyigisha. Niba uri umugabo ukagera muri iki kibazo shaka uko wiyigisha wowe ubwawe.Iyumvishe ko igitsina cyawe ari gito ariko ko gishoboye.Menya ko ubunini ntacyo buvuze.

Ganira n’uwo mwashakanye. Shaka umwanya uganire n’uwo mwashakanye , umubwire ko ntacyo bitwaye kuba ufite iyo ngano.Urasabwa kwirinda gushaka izindi nzira zitandukanye.

Kwigirira icyizere. Igirire icyizere muri byose umenye ko ugomba kubikora kandi ukabishobora nkuko twabigarutseho haraguru.

Shaka ubufasha kuri muganga.Shaka umuhanga uzagufasha kumenya ko udakwiriye guhangayika.

Kugira igitsina gito ntabwo bikugaragaza n’umuntu udashoboye. Iteka abagabo bose barashoboye.

Previous Story

Yabaye imfizi ya rubanda ! Diamond Platinumz yavuze kubyo gukora ubukwe n’umukunzi we benshi baratungurwa

Next Story

“Nabaye umusirikare nkora ikosi mu mahanga” ! Umukobwa w’ikizungerezi atanze ubuhamya bw’ubuzima yanyuzemo

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop