Bikumazeho amafaranga ! Dore ibintu wahagarika gukora ubundi ukabona ukareba ko waba umukire mu gihe gito

19/06/2023 21:57

Mu buzima abantu bose ntibagira amafaranga angana, Hari abagira menshi abandi macye. Niba nawe uri mu bantu bafite amafaranga macye, dore ibintu 9 warecyera gukora Niba wari usanzwe ubikora.

 

1.Gukoresha amakarita ya (bank) Credit card

 

Aya makarita ya bank ubusanzwe afasha abayakoresha guhaha ndetse bakagura bakishyura boboroheye.

 

Gusa Aya makarita kubayazi, Hari amafaranga bakata buri kwezi cyangwa buri mwaka kuri buri wese uyikoresha. Niba nawe ugira amafaranga macye recyera gukoresha ayo makarita.

 

 

2.Kujya mu tubari

 

Utubari ni bimwe mu bice bimara amafaranga cyane, mugihe ufite amafaranga macye udashaka gusesagura recyera kujya mu tubari kujya kunywera amayoga cyangwa ibindi mu kabari.

 

 

3.Kugira iterambere rigezweho cyangwa New Technology

 

Mu busanzwe abantu benshi dukunda kugendana n’ibigezweho cyane, ariko ugasanga ibyo byose bitwara amafaranga menshi Kandi ushobora kubaho utabifite. Niba nawe ufite amafaranga macye ukwiye kureka kwirukira ibyo bintu byose ngo byiterambere rigezweho.

 

 

4.Imyenda

 

Hari abantu benshi bakunda kwambara imyenda igezweho cyane. Mugihe wowe udafite amafaranga menshi reka gukomeza gusarira imyenda igezweho kuko itwara amafaranga menshi cyane.

 

 

5.Imodoka nshya

 

Mugihe nawe ufite amafaranga macye, ukwiye kurecyera gusarira imodoka nshya cyane ko imodoka nshya zigezweho zitwara amafaranga menshi.

 

 

6.Kujya aho bakorera siporo(Gyms)

 

Hari abantu benshi bishyura amafaranga menshi mu nzu bakoreramo siporo kugira bajye bakoreramo siporo buri munsi. Niba nawe ufite amafaranga macye ukwiye kureka kwishyura cyangwa kujya mubintu nkibyo bikumaraho amafaranga.

 

 

7.Kwishyura amafaranga kugirango urebe filime

 

Ibi byamamaye cyane mu bantu aho bishyura amafaranga kugirango barebe filime ku rubuga runaka.Mugihe nawe udafite amafaranga menshi ukwiye kurecyera gukora ibintu nkibyo.

 

 

8.Kugura cyangwa kunywa amatabi

 

Mugihe utagira amafaranga menshi ukwiye kureka kugura amatabi no kuyanywa kuko nayo atwara amafaranga menshi cyane ko Kandi mubusanzwe itabi ryangiza ubuzima.

 

 

9.Gutega, cyangwa kujya mu mikino yamahirwe

 

Gutega ni bimwe mu bintu byamaze amafaranga yabatari bacye hano ku isi.

Mugihe nta mafaranga ufite recyera gukomeza gukora ibintu nkibyo.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: vocal.media

Advertising

Previous Story

“Nabaye umusirikare nkora ikosi mu mahanga” ! Umukobwa w’ikizungerezi atanze ubuhamya bw’ubuzima yanyuzemo

Next Story

Umugore wari wapfuye akazuka yongeye gupfa

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop