“Uri umunyamugisha”- Mik Sonko

11/12/2022 13:10

Mbuvi Gideon Kioko wamamaye nka Mike Sonko [Soko], yashyize hanze inkuru yateye benshi kwifata mu gahanga bagasengera imitima yabo.

Mbuvi Gideon Kioko wamamaye nka Mike Sonko cyangwa Soko,nyuma y’inkuru yashyize hanze benshi mubaturage bo muri Kenya bavuze ko akwiriye kongera kuyobora umujyi wa Nairobi.Uyu mugabo ni umuyobozi ukomeye mu NA

Mu magambo akomeye yanyujije kurukuta rwe rwa FACECOOK, uyu mugabo yafashe imbaga y’abafana be bose, agaragaza ko urukundo afite

abantu bose bakwiriye kurugira.Kionko, yatangaje ko yafashe umwana w’umuhungu amukuye mu mfubyi ,

gusa agaragaza ko kugeza ubu umwana we yakuze yabaye umuntu mukuru kandi akomeza avuga ko ysihimira iyo ntabwe yateye.

Yavuze ko yafashijwe uwo mwaka akamwiyandikaho ubwo yari akiri umwana muto cyane gusa ngo kugeza ubu umwana amaze

kuba umusore.Uyu mwana w’umuhungu witwa Satrin Osinya amaze gukura.Mu magambo ye yagize ati:

”Uyu munsi ntewe ishema no kwitwa papa nyuma yo gusura abana b’imfubyi nkakuramo umuhungu wajye kugeza ubu Osinya Satrin ,

muvanye hamwe n’abandi bari kumwe kurusengero rwa ‘PCEA CHURCH’  ‘ I TREID to take care of here beacouse he was

very young and orpan boy.

Yakomeje agira ati:” We are also interacted and celebrated with other fathers figures, uncles and male guardians who had also come to visit their sons.My father adopted satrin Osinya when he was one and a half years old after his mum was shot dead by terrorists at Joyland Church in Likoni. Him andnhis brother gifit Osinya has been part of Our Family since the.

Nyuma yo kwandika aya magambo yakomeje agira ati:”They are now transformed to young adult through rite of passage from childhood into adults through our rite of passage from childhood into  adulthoos.We also interacted  and celebrated with other father figures ,

uncles and male guardiams who  had also come to visit their sons”. SankoTwandikire aho gasi hatangirwa ibitekerezo by’abasomyi bacu badusura umunsi k’umunsi.

https://umunsi.com/nigeria-music-festival/

Advertising

Previous Story

Nigeria Music Festial; Ubukerarugendo bwateye imbere

Next Story

Abachou ndumva nafata akanini nkazakanguka ku wa Gatatu –Louice Mushikiwabo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop