MU MAFOTO: The Ben n’umugore bageze mu gihugu cy’u Burundi yakirwa n’imbaga y’abafana bari baje kumureba

27/09/2023 16:19

Umuhanzi Mugisha Benjamin udaheruka indirimbo , yagaragarijwe urukundo rukomeye n’abafana be ubwo yageraga mu gihugu cy’u Burundi aho biteganijwe ko afite azakorera ibitaramo bibiri.

 

 

Mu masaha ya Nyuma ya Saa sita nibwo The Ben yageze mu Burundi , ari kumwe n’umugore we yakirwa neza cyane n’abantu benshi.Uyu muhanzi wahawe ikaze n’abayobozi batandukanye barimo na Mayor w’Umujyi wa Bujumbura waje ku mwakira kukibuga cy’Indege.

 

The Ben kandi hagurukanye mu Rwanda n’umuhanzi Babo, ndetse n’umusore ushinzwe umutekano we.Uyu muhanzi kandi ategerejwe mu gitaramo azahuriramo n’abarimo ‘ Big Fizzo , Dj Diallo , Dj Lamper , Bushali, Shemi , Sat B n’abandi.Aba bose bazaririmba mu gitaramo kizaba tariki ya 1 Ukwakira 2023, mu gihe mbere y’aho gato tariki 30 Nzeri 2023 The Ben  azahura n’abakunzi be.

The Ben n’umugore we bageranye i Burundi

 

AMAFOTO: IGIHE

Advertising

Previous Story

Meddy yahishuye ko azitabira ubukwe bwa The Ben mu Rwanda anavuga uko umwana we Ngabo Myla ameze kugeza ubu

Next Story

Yatawe muri yombi nyuma yo kwihagarika kuri mugenzi we barikumwe mundege

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop