MU MAFOTO : Irebere uburyo Makeup ikomeje gusubiza abagore ibukobwa ! Benshi batewe impungenge nabyo

10/10/2023 11:13

Kwitera makeup ni bimwe mu bintu abakobwa benshi ndetse n’abagore benshi bakunda gukoresha, ndetse bikaba bibafasha gusa neza cyane rimwe narimwe hari ubwo makeup zitumye bamwe mu bagore bazikoresheje basubira kuba inkumi kuburyo umureba ukamuyoberwa.

 

 

 

Muri iyi myaka tugezemo, iterambere ryageze ahantu hose cyane ko na internet igera ahantu hose. Abakobwa benshi ndetse n’abagore bifashisha internet mu gushaka ibyiza bibabereye harimo no kwisiga makeup.

 

 

 

Abagabo Bose siko bakunda ibintu kimwe kandi siko babona ibintu kimwe. Hari abagabo bamwe n’abamwe bakunda kubona abagore babo cyangwa abakunzi babo biteye makeup. Gusa kurundi ruhande hari abagabo batabikunda baba bashaka kubona abagore babo n’abakunzi babo basa uko basanzwe bameze.

 

Makeup rero zikomeje gutera impagarara ndetse nimpungenge mu basore bakiri bato batari bashaka. Abagore benshi bakuze bakomeje kugaragara mu mafoto basa neze nk’inkumi mbese kuburyo Ari ibintu bigoye ku basore kubona uburyo babatandukanya n’abakobwa bato. Makeup niyo ibiri inyuma.

 

Ese wowe ubona Maker Up ari nziza ? Ese hari icyo zongera kubwiza bw’umugore ?

 

Source: za.studio.opera.com

Advertising

Previous Story

Umugabo yihinduje igitsina bamugira umukobwa ! Bobrisky yavuze ko aticuza kuba yarihinduje akaba umukobwa

Next Story

Umuhanzikazi Alyn Sano wahoze muri Korali yakuriye inzira kumurima abahoraha bibaza ku myambarire ye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop