MU MAFOTO: Byinshi wamenya kuri Stormy Daniels umugore ukina filime z’urukozasoni wavuze ko Donald Trum bagiranye ibihe byiza

09/10/2023 16:40

 

KANDA HANO WUMVE ICYEGERANYO CYIZA KIGARUKA K’UBIZIMA BW’UY MUGORE UKINA PRORONO

 

Stphanie Gregory Clifford uzwi nka Stormy Daniels icyamamare muri filimi z’urukozasoni, ku myaka 44 inkuru yo kuryamana n’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yongeye kugaruka mu majwi cyane mu gihe uyu mugabo yatangaje ko azongera kwiyamamariza kongera kuyobora igihugu k’igihangange ku isi.

 

Twifuje kubagezaho amateka arambuye y’uyu mugore w’umwana umwe w’umukobwa, wagiye yibikaho ibihembo n’uduhigo mu gukina filimi z’urukozasoni ibintu byatangiye afite imyaka 17, ubwo yatangiraga kumansura mu tubyiniro.Daniels avuka kuri nyina witwa Sheila na se witwa Bill Gregory batandukanye akiri mu myaka mito. Yaje guhita atangira kurerwa na nyina.Yasoreje amashuri yisumbuye muri Scotlandville ho muri Bato Rouge, hari mu mwaka wa 1997. Yari afite inzozi zo kuzavamo umwe mu banyamakuru bakomeye.

 

 

Daniels avuga ku gukura kwe, yagize ati: “Nakuriye mu muryango uciye bugufi, rimwe na rimwe twabaga nta n’umuriro dufite.” Kubwe avuga ko yakuriye mu gace kari hasi cyane, yiga mu mashuri yisumbuye yari anafite akazi ko kwakira abagana urugo rw’amafarasi rwari hafi y’aho yari atuye.Yaje gutangira ubuzima bwo kuba umu mansuzi bwa mbere afite imyaka 17, ubwo yari yasuye inshuti ye mu kabyiniro bikarangira yemeye gushimisha abakiriya. Hari mu kabyiniro ka Gold, ko muri Baton Rouge.

 

 

https://www.youtube.com/watch?v=1AHsuD9FVEI

 

Yatangiye kugenda yerekezwaho amaso n’amakompanyi menshi y’imyidagaduro, maze aza guhitamo gutangira kwitwa Stormy Daniels byo guha icyubahiro Nikki Sixx wari umwe mu bacuranzi ba gitari beza, b’itsinda rya Motley Crue wari warise umwana we Storm.Daniels kuwa 18 Mutarama 2014 yashyiriweho inyenyeri mu byanya byahariwe ibyamamare muri filimi z’urukozasoni, kizwi nka AVN Hall Fame kimwe na XRCO Hall Fame yahawemo inyenyeri kuwa 16 Mata 2014.

 

 

Yatangiye kandi muri uwo mwaka kwibikaho ibihembo ku buryo budasnzwe, nk’aho muri uwo mwaka yahatanye mu byiciro bigera kuri 14 muri AVN Awards.Mu mwaka wa 2018 yazengutse Amerika mu bitaramo byo kumansura, yise ‘Make America Horny Again’. Ibi bitaramo byamuzamuriye mu kibuga kigari cya Hollywood, maze mu wa 2019 ahabwa kuyobora XBIZ Awards.

 

 

Mu mwaka wa 2018 amakuru yabaye menshi bivugwa ko ari mu bakinnyi bazakina muri Celebrity Big Brother 22 mu Bwongereza, nyamara ntabwo yigeze ahagaragara. Mu byavuzwe byatumye atabasha kuhagera harimo kuba yarashakaga amafaranga menshi, no kuba yarifuzaga kumarana igihe kinini n’umukobwa we.Abakunzi b’uyu mugore bifuje ko yajya mu Nteko ya Sena aho bifuzaga ko ahanganira na David uyu mwanya muri Louisiana, bidatinze uyu mugore yaje kuvuga ko agiye kwiyamamariza uyu mwanya ariko nk’umu Repubulike, kandi ko naramuka atowe azahita ava mu birebana no gukina filimi z’urukozasoni.

 

 

Nyamara kuwa 15 Mata 2010 yaje kuvuga ko atagikomeje kubera ko bimusaba igishoro kiri hejuru adafite, hamwe no kuba itangazamakuru risa nk’iritarafashe umwanzuro we nk’uwa nyawo.Uyu mugore yagiye ashyingiranwa n’abagabo batandukanye barimo Pat Myne, Michael Mosny wamushinje kumuhohotera, bikanatuma atabwa muri yombi hari muwa 2009.

 

 

Gusa mu mwaka wa 2015 yaje gushyingiranwa na Brendon Miller banabyaranye umwana w’umukobwa witwa Caden Crain baje gutandukana muwa 2018, mu mwaka wa 2022 yashyingiranwe na Barret Blade na we uzwi cyane muri filimi z’urukozasoni.Mu Ukwakira 2016 mbere yo gutangira kwiyamamariza kuba Perezida kwa Donald Trump, umunyamategeko w’uyu mugore yatangaje ko Daniels yishyuwe miliyoni 130Frw kugira ngo atazigera ahingutsa ko yigeze aryamanaho na Trump muri 2006.Ibi ariko abavugizi ba Trump babihakanye bivuye inyuma, bavuga ko ibyo Daniels avuga ari ibinyoma. Muri Mutarama 2018 raporo ikubiyemo n’inyandiko z’ubwishyu hagati ya Trump na Daniels, byashyizwe hanze na Wall Street Journal.Ibi byahise bihagurutsa ibirego kuko hari ibimenyetso byinshi bigaragaza umubano wihariye wa Daniels na Trump, nyamara ariko biza guteshwa agaciro kuko ntaho Trump byagaragaraga ko yigeze asinya.

 

 

Uyu mugore ibintu byakomeje kumubera ibindi kuko nk’uko yabitangaje yaryamanye rimwe na Trump ariko akaza gutotezwa imbere y’umukobwa we, asabwa kuryumaho ntazigere avuga ko hari aho ahuriye na Trump.FBI nayo yaje gushyira amabanga y’umunyamategeko wa Trump hanze arimo ibintu yagiye yishyura mu buryo budafututse, harimo n’inyandiko zerekana ko yishyuye Daniels.

 

 

Nyuma Cohen umunyamategeko wa Trump yemeye ko yishyuye uyu mugore kubw’inyungu z’umukiriya we, muri Nyakanga 2018 uyu mugore


https://www.youtube.com/watch?v=1AHsuD9FVEI

Advertising

Previous Story

Yavukanye imisatsi ahantu hose no mu maso ! Byinshi wamenya kuri Joao Miguel ukomeje kunyuzwa kumbuga nkoranyambaga zitandukanye

Next Story

Indirimbo Calm Down ya Rema yatumye Davido yongera gusingiza umuhanzi Rema wazamukiye kuri Selena Gomez amubeshya urukundo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop