Miss Rwanda 2012 agiye gukora ubukwe

01/05/2024 07:53

Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2012 agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Gatera.Ubu bukwe buzaba tariki 15 Kanama 2024 bubere i Kigali.

Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze kuri uyu wa 30 Mata 2024 yasangije inshuti ze n’abavandimwe amatariki y’ubukwe bwe na Gatera , agaragaza ko akomeje imyiteguro.Ibi abitangaje nyuma yo gusezerana mu mategeko muri Amerika ku wa 28 Gashyantare 2024 , mu muhango wabereye mu Mujyi wa Arizona.Abarimo Bad Rama bitabiriye uyu muhango.

Tariki 18 Mutarama 2023 nibwo amakuru yashyizwe hanze ko uyu mukobwa yemereye umukunzi we bagombaga kubana [Yego].

 

Advertising

Previous Story

Byinshi utamenye ku mpanuka y’ubwato bwa ‘Mantis Kivu Queen uBuranga’

Next Story

Mama Kwanda n’umugabo we bateranye imitoma

Latest from Imyidagaduro

Go toTop