Menya amateka ya Lionel Messi icyamamare muri ruhago– IGICE CYA 1

05/12/2022 16:29

Messi ni icyamamare mu mukino w’umupira w’amaguru wamamaye cyane ubwo yakinaga mu ikipe ya FC Barcelonendetse no mu ikipe ye y’igihugu cya Argentine.Uyu mukinnyi yamamaye nk’umukinnyi watsinze ibitego byinshi ndetse yamamara cyane nk’mukinnyi mwiza.

Lionel Messi amazi yiswe n’ababyeyi ni Luis Lionel Andres (Leon) Messi ni umukinnyi  ufite ikomoko mu gihugu cya

Argentine akaba umukinnyi ukina azamuka cyane asatira izamu.Ku myaka 13 gusa y’amavuko Messi y’amavuko , Messi ni icyamamare mu

Uyu mukinnyi , yavuye mu gihugu cye cya Argentine ajya muri Espanye mu ikipe ya FC BARCELONE yari yemeye

kumwishyurira amafaranga yo kwivuza.

Muri iyi kipe niho yaje kugaragariza ko ari umukinnyi ukomeye ku isi, dore ko ariho yandikiye

amateka akomeye mu mupira w’amaguru aho yafashije ikipe ye gutwara ibikombe bibiri bikomeye .

Mu mwaka wa 2012 nibwo yandikiye amateka yo kuba umukinnyi watsinze ibitego byinshi ku isi

mu gihe cy’umwaka, muri 2019 ahabwa umupira wa Ballon d’Or wari utanzwe kunshuro ya 16.

Aha yaravuze ati:”Iteka iyo ntangiye ‘Season’, nyitangirana intego zo kugera kukintu runaka , kandi nkirinda kuzigereranya n’ibyakozwe mbere”.

UBUZIMA BWE MBERE Y’UMUPIRA

Lionel Messi, yavutse mu 1987 tariki 19 ukwezi kwa Gatandatu, avukira muri Rosario, mu gihugu cya Argentine.

Nk’umwana wari ukiri muto Messi yagiye yegera bakuru nabo bakina ga umupira w’amaguru ndetse n’inshuti zabo.

Ku myaka 8 Messi, yatoranyijwe kwinjira mu ikipe y’abana bato cyane ba Newell’s Old Boys , ikipe yo mugace ka Rosario.

Uyu mukinnyi wari umwana muto cyane, yaje gufatwa nk’umwana witwaye neza kurusha abandi bana bakinanaga.

Uyu mwanya wari ufite impano idasanzwe, byaje kugaragara ko arwaye indwara y’imisemburo mike (Hormone Deficieny), bigaragara bibonywe n’abaganga.

Ababyeyi be aribo Jorge na Ceclia, bahise bahitamo  gushaka uko bamushakira indi misemburo yo kumutera gusa ubushobozi bubabana buke , basabwaga kwishyura buri kwezi.

Ku myaka 13 y’amavuko Messi yagiriwe amahirwe yo kwitoreza  mu ikipe ikomeye ya Fc Barcelone y’abato.

AMATEKA YE TURAYAKOMEZANYA

Advertising

Previous Story

Amateka ya Christiano Ronaldo wamamaye muri ruhago

Next Story

LIVE: Japan na Croatia: Igikombe cy’isi 2022

Latest from Imikino

Go toTop