Menya impamvu umugore akwiye kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo

27/11/2023 16:04

Abantu benshi bizera ko umugore akwiye kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo, gusa Hari n’abantu bavuga ko umugabo ariwe wagakwiye kuba abyuka mbere y’umugore we mu gitondo.

Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe ku mpamvu zituma umugore agomba kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo.

 

Zimwe muri izo mpamvu ni izi zikurikira;

1.Bimuha umwanya wo kwiyitaho: Iyo umugore abyutse mbere y’umugabo we mu gitondo bimufasha kumuha umwanya wo kwiyitaho aho ashobora gukora sipora ndetse igirira akamaro umubiri we.

 

Impamvu nuko umugore kenshi abura umwanya cyangwa adakunda gukora sipora ngo yiyiteho rero ni ngombwa ko akwiye kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo kugira ngo nawe yiyiteho.

2.Kwita ku muryango: Nk’umugore mu rugo, ni ngombwa ko akwiye kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo kugira ngo abone uko yita ku muryango.

Umugore ni mutima w’urugo, rero akwiye kubyuka mbere y’umugabo we kugira atunganye ibya mugitondo.

3.Kwita ku bana: Mu gihe mufitanye abana bajya ku ishuri, ni ngombwa ko umugore abyuka mbere y’umugabo we mu gitondo kugira abone umwanya wo gutegura abana ngo bajye kwiga.

 

Gutangira umunsi neza: Burya iyo umuntu abyutse kare bimuha umwanya wo gutangira no kwitegura no gushyira ku murongo umunsi we wose ukagenda neza, rero ni ngombwa ko umugore akwiye kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo.

4.Kwita ku rugo: Umugore nka mutima w’urugo Kandi agomba kubyuka mbere y’umugabo we mu gitondo kugira ngo abone umwanya wo kwita kurugo neza bityo umuryango wanyu ukarushaho gukomera.

 

Ese wowe hari indi mpamvu uzi ishobora gutuma umugore abyuka mbere y’umugabo we mu gitondo!????

 

Source: fleeklooded.com

Advertising

Previous Story

Ese ari gukaraba mu gitondo cyangwa gukaraba nijoro ibyiza ku mubiri wawe ni ibihe ? Dore icyo inzobere zibivugaho

Next Story

The Ben yavuze ko we na Meddy bafite indi mirimo itabemerera guhora muri muzika abwira amagambo akomeye uwamwise umunebwe

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop