Menya ibyiza by’umunyu wa gikukuri k’ubuzima bwa muntu

26/07/2023 09:07

Mu buzima bwa buri munsi umubiri wacu ukenera ibiwutunga, gusa mu biwutunga harimo ibifatwa nk’ikizira kubihorera ariko haribyyo duhorera mu mafunguro yacu ugasanga bifitiye umubiri akamaro ariyo mpamvu tugiye kureba  akamaro ka gikukuri dukoresha mu mafunguro yacu ya buri munsi

 

ESE NI AKAHE KAMARO KA GIKUKURI

BROME

Igikukuri gifite umunyu ngugu witwa brome ushinzwe kuruhura imitsi yumva

GUSUKURA UMUBIRI

Igikukuri gifitiye umubiri akamaro kuko gikurura imyanda kikayikura aho yihishe mu mubiri nyuma kikayisohora hanze

Magnesium (manyeziyumu)

Manyeziyumu iboneka muri gikukuri ikingira kanseri inCuro igihumbi ikindi kandi uyu munyu nimwiza kubantu benshi bafite ikibazo cy’amarasoKurundi ruhande igikukuri gifite manyeziyumu igabanya ubukana bw’uburozi mu ifumbire mvaruganda

GUKOMEREKA

Uyumunyu woza ibikomere n’ibisebe byo k’umubiri ndetse no kumihogo

KUBANA

Uyu munyu wa gikukuri urakenewe kubana bafite intege nke mu mubiri,gusa muribyo harimo iyode ikunda gukoresha tiroyide neza kandi igikukuri gikora ibindi byinshi cyane tutabasha gusobanura

UKO UKORESHWA

Ufata akayiko gato ugashira mu kirahure cyamazi akonje inshuro eshatu mu cyumweru

Nanone kandi ugomba kwirinda kuwukoresha kenshi kuko utuma amagufa yawe yoroha

Src: Healthline

Umwanditsi: Felcien Jean de Dieu

Advertising

Previous Story

Harimo n’abarimu ! Dore urutonde rw’imirimo ishobora gutuma abayikora baca inyuma abo bashakanye mu buryo bworoshye mu gihe batabaye maso

Next Story

Zuchu yagaragaje ko yarakajwe cyane na Diamond Platinumz wasomanye na Fantana wo muri Ghana

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop