Menya ibibazo byerekeranye n’imbibonano Mpuzabitsina umugabo abaza bigasa nko kwipfobya

04/06/2024 07:22

Benshi bagirwa inama yo kutajya bapfa kubaza ibyo babonye by’umwihariko abashakanye kuko hari ibibazo umugore ashobora kubaza umugabo bikagaragara nko kumupfobya.

Mu gihe muri kumwe hakaba hari ikitagenda, shaka uko umuganiriza mu buryo bwiza ariko wirinde kubinyuza mu bibazo ushobora kumubaza kandi nyamara utazi ko urimo ku muhohotera.

1.ESE GUHINDURA UBURYO DUTERAMO AKABARIRO BYATUMA UTWITA ? ( Changing Position).

Iki kibazo ntabwo ari ngombwa rwose, gishobora gutuma atekereza ko ubona byaranze ugahangayika cyangwa ukabona ko ari wowe kibazo.Uko mwabikora kose umugore yatwara inda.

2.ESE NSHAKE IMITI YA VIAGRA NA CIALS?

Oya ! Si byiza kubaza umugore wawe iki kibazo rwose, si na byiza ko nawe akikubaza.Abashakanye ntabwo bakwiriye kubazanya ibi bibazo kuko ntabwo ari imashini z’imibonano mpuzabitsina.

3.ESE HARI UBURYO NA KWIBAGISHA IGITSINA CYANJYE BAKACYONGERA ? ( Umugabo ).

Iki kibazo ntabwo gikwiriye na gato kumvikana hagati yanyu.Mwembi murahagije gutyo mu meze si ngombwa ko hagira ibyo mwongera.

Gukoresha uburyo bwitwa ‘Implanted Penile Prosthetic’ ntabwo byongera Ingano yacyo rwose.Niba ufite umubyibuho ukabije , kora imyitozo bizagufasha kugira ibyo ugarura.

4.ESE IGITSINA CYANJYE KINGANA N’ICY’ABANDI BAGABO ?

Ibi bigaragaza neza uburyo ubangamiwe n’imitekerereze yawe ishobora kuba itameze neza rwose.Ingano y’igitsina cyawe uyibona iyo cyafashe umurego.Kwibagisha cyangwa gukoresha ubundi buryo nta cyo byongera kungano y’igitsina cyawe.

5. NARI NKWIRIYE KUMARA IMINOTA INGAHE NDI GUTERA AKABARIRO?

Iki kibazo cyabangama cyane bitewe n’uwo n’aho ukibarije.Nta gihe ntarengwa abagabo bafite.Intego y’umugabo ni uko agira u ushake , akinjiza mu gitsina gore kugeza arangije.

Kimwe n’ibindi bibazo wakwibaza.Si byiza ko ugaragaza ko ubangamiwe cyane n’uko uteye.

Isoko: Healthcare.utah.edu

Advertising

Previous Story

Kylian Mbappé yavuze ko inzozi ze zibaye impamo

Next Story

Sobanukirwa indwara ya Monorchism ituma abagabo bagira Ibya rimwe

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop