Mabuja wanjye yansabye ko ndyamana n’umugabo we atureba ndabyanga maze amfungirana aho imbwa ze zabaga

22/08/2023 18:47

Muri iki gitondo nibwo hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hasakaye inkuru iteye agahinda y’uyu mugore witwa  Priscilla Wangechi wo mu gace ka muranga muri Kenya yukuntu mabuja we yamusabye kuryamana n’umugabo we abareba yabyanga agafungiranwa aho imbwa Ziba.

 

 

 

Nk’uko uyu mugore  Priscilla  abyivugira avuga ko yavuye mu ishuri ubwo nyina yabataga we n’abana bato bavukana agahita afata inshingano zo kwita kuri abo bana bari bakiri bato.Ubwo nyina yagarutse hashize imyaka one agiye, byasabye ko uyu mugore ajya Nairobi gushaka akazi akajya akora nkumukozi wo murugo ufasha imirimo yo murugo.

 

 

 

Yumvaga ibintu bigiye kumubera byiza kugeza ubwo mabuja we yamusabye kuryamana n’umugabo we abireba ngo azongera umushahara we undi akabyanga.Ubwo umugabo wa mabuja we yatahaga yamubajije niba umugore we yamubwiye ibyifuzo bye undi avuga ko yabimubwiye ariko avuga ko atabikora kuko ngo ataryamana n’umugabo ufite umugore.

 

 

 

Umunsi ukurikira umugabo wa mabuja we yashatse kumufata kungufu amubwira ko aramwica natamuha, undi ashaka kwiruka asanga mabuja we ahagaze ku muryango.Bahita bamukingirana aho imbwa zabo zararaga, amaramo iminsi itatu, ubwo mabuja we na boss we bajyaga ku kazi umwe mu baturanyi yanyizeho aramwumva aza kumutabara.

 

 

 

Ubwo icyakurikiyeho kwari ukujya iwabo aho yahoze ndetse ngo ntanumwe yigeze abwira ibyamubayeho byose.Yasoje avuga ko byamugoye ngo abyibagirwe kuko byamuhahamuye agatinya abagabo cyane kubera ibyo yakorewe.

 

 

 

Aragira inama abakobwa Bose bakora mu rugo kujya biyubaha bakirinda ko bahohoterwa bakoreshwa ibyo badashaka.

 

 

Source: News Hub Creator

 

 

 

Advertising

Previous Story

Waba warigeze wumva abantu barota bavuga, dore icyo bisobanuye

Next Story

Umugabo yahaye inzu y’akataraboneka umukobwa we amushimira ko yasoje amashuri abantu baramunenga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop