Lupita Nyong’o yasimbuje ipusi umukunzi we Masekela baherutse gutandukana

30/10/2023 13:48

Umukinnyi wa Filimi kabuhariwe wamamaye muri Black Panther, yatangaje ko yamaze gufata ipusi akayiyandikishaho ndetse akayisumbuza umukunzi we wamuteje agahinda.

 

Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru y’ugutandukana kwa Lupita Nyong’o na Selema Masekela, Lupita Nyong’o yagaragaje agahinda gakomeye cyane ndetse avuga ko uwo mugabo w’imyaka 52 yamusigiye agahinda kadasanzwe.

 

 

Nyuma yo kubabazwa uyu mukinnyi wa Filime yemeje ko mu buzima bwe yamaze kugezamo Ipusi yasimbuje uwo mugabo ndetse asobanura ko ariyo izamukiza agahinda kuko ngo yabonye urukundo n’ubushuti muri iyo Pusi yamaze kugira iye [Adoption].

 

Yagize ati:”Kuva na mbere hose nahoze ntinya ipusi ariko ubu ndemeza ko ubuzima bwanjye bwamaze guhinduka kuko hari ijwi numvise rimbwira ngo nicyo gihe cyo kwakira amahirwe mashya.Kugeza ubu nabonye ubuhungiro mu nyamaswa”.

Advertising

Previous Story

TOP 5 : Abahanzikazi b’ibihe byose mu Karere ka Rubavu mu mboni ya Holly Gigi

Next Story

Ibintu 5 abagore babona nk’ibidasanzwe k’umugabo bishakanye nawe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop