Logic Training Center yabatekerejeho ! Ngaya amahirwe aziye abantu bose bifuza kwiga umwuga mu mezi 3 gusa bakihangira imirimo mu byo bafitiye ubushobozi barangijemo – AMAFOTO

15/09/2023 07:06

Abantu bifuza kwiga imyunga ikigo cyo mu Karere ka Rubavu cyitwa Logic Training Center gikorera  ahazwi nko mu Mbugangari , cyabashyize igorora aho mu mezi 3 gusa umunyeshuri abasha gucyura icyangombwa kimufasha ku isoko ry’umurimo abifitiye ubushobozi.Iki kigo cyigisha gukora telefone , Mudasobwa , Camera zo kuuhanda n’ibindi bikoresho bitandukanye.Numero zabo ni 0782275500 na 0725785402.

Logic Training Center ni ishuri ritanga amasomo arimo; Gura Camera za CCTV, Gukora Telefone z’ubwoko bwose, Gukora imashini (Mudasobwa), n’ibindi bitandukanye kandi byose bikigwa mu mezi 3 ukabasha gucyura Certifica wabandikira kuri watsapp cyangwa ukabahamagara  kuri  0782275500 na 0725785402.

https://www.youtube.com/watch?v=UDcFW5kzlLs

Muri iri shuri ry’imyuga ryitwa ngo ‘LOGIC TRAINING CENTER’, umunyeshuri uryizemo abasha kwihangira imirimo nawe agakora ibye aho gutegereza ubufasha bw’ababyeyi , inshuti n’abavandimwe cyangwa abandi bantu nk’uko bitangazwa na Kamanzi Prince ushinzwe icungamutungo muri iki kigo twaganiriye.Mu magambo ye yagize ati:

” Iri shuri ryacu ryigisha imyuga itandukanye , irimo gukora mudasobwa zapfuye, gukora telefone , gushyira no gutunga camera z’umutekano ahabugenewe.Iri shuri ryacu riherereye mu Karere ka Rubavu , mu Murenge wa Gisenyi , hafi y’isoko rya Mbugangari mu nyubako ya etaje iri hepfo yaryo gato”.

Kubijyanye n’abanyeshuri bigisha , yavuze ko batajya batoranya abanyeshuri bigisha , agaragaza ko mu masomo batanga harimo yose aba areba abantu bose.Mu magambo ye yagize ati:”Mu bintu turebaho kugira ngo twigishe abanyeshuri bacu , icyambere ni tureba kubushake bwabo tukita kuba umuntu wifuza kwiga bimurimo.Ikindi kandi tureba abanyeshuri barangije mu mwaka wa Gatandatu , iyo ari ibi bigaga turagahura , kuba barangije mu mashuri atatu abanza , kuba barangije mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza, cyangwa bakaba batarigeze biga ariko bafite ubushake bwo kumenya umwuga, turabafasha baka intyoza”.

Uyu musore warangirije muri iri shuri akaza guhabwamo akazi yavuze ko umuntu wese urangirije muri ‘Logic Training Center’, aba afite ubushobozi bwo kwihangira imirimo ashingiye kubyo bamuha mu ishuri.Kugeza ubu muri Logic Training Center , barimo kwigandika abanyeshuri bazaangira amasomo mu gihe cya vuba nk’uko Kamanzi yabiduhishuriye, asaba abantu bose babyifuza kuza kwiyandikisha cyangwa bakabahamagara / watsapp kuri numero 0782275500 na 0725785402, bakabandika hamwe n’abandi.

Umuyobozi mukuru wa LOGIC TRAINING CENTER , Sengorore Eustache we yemeje ko amafaranga baca abanyeshuri ari make cyane ugereranyije nibyo bigisha , ashimangira ko bagendera kubushobozi bwa buri wese ariko bakamuha ubumenyi yifuza k’isoko ry’umurimo.Benshi mu barangije muri iri shuri bose bafite akazi kandi babasha gukora neza ibyo bahahiye muri Logic Training Center.

https://www.youtube.com/watch?v=UDcFW5kzlLs

Advertising

Previous Story

Umuhanzi mu njyana ya Trap Double Keyzo yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Amagini’ yikoma abanzi be

Next Story

Abarimo Fally Ipupa , Tiwa Savage na Nyanshiski bagiye guhurira mu gitaramo kidasanzwe mu Mujyi wa Nairobi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop