Kylian Mbappé yamaze guhabwa numero azambara mu ikipe nshya

19/02/2024 09:25

Umukinnyi Kylian Mbappé wari wihariye imyidagaduro yo mu mupira w’amaguru kubera uburyo yifuzaga kuva muri PSG yamaze guhabwa mumero azambara mu nshya.

Ikinyamakuru Goal.com kivuga ko Mbappé azahabwa numero 10 muri Real Madrid cyakora bandikako azakorerwa iye ahubwo guhabwa iyambarwaga na Cristiano Ronaldo muri iyi kipe.

Banditse bati:” Ntabwo Kylian Mbappé azafata umwambaro w’uwo yita Role Model we Cristiano Ronaldo ariwo numero 7 kugeza igihe Vinicius Junior azagendera cyangwa agahitamo guhindura numero z’abakinnyi bambara nk’uko byemejwe na Mundo Deportivo”.

Bakomeje bavuga ko uwitwa Luka Modric ashobora kuzava muri Real Madrid mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, Numero 10 yambaraga igahabwa Kylian Mbappé.

Bivugwa ko Mbappé aramutse adahawe umwambaro yifuza muri Real Madrid ashobora gusesa amasezerano na Real Madrid akajya mu yindi kipe ashaka dore ko yasezereye izirimo Arsenal,..

Advertising

Previous Story

Yajyaga amusura muri Gereza ! Byinshi ku rukundo rwa Nyambo na Titi Brown

Next Story

MU MAFOTO: Reba uko Tour du Rwanda iri kugenda

Latest from Imyidagaduro

Go toTop