Advertising

Kuki uhorana agahinda ! Dore ibintu bituma umuntu ahora yarakaye

29/11/2023 10:31

Guhorana agahinda cyangwa uburakari bishobora guturuka muri wowe cyangwa bigaturuka mu bintu bindi.

 

Dore ibintu bishobora gutuma uhorana agahinda;

1.Ibyifuzo bitujujwe: Hari ubwo uba wifuza ibintu mu buzima bwawe ariko mu gihe wabibuze ukaba ushobora kwirwa ujunjamye cyangwa ugahora utuje ucecetse bitewe nuko ufite ibintu wifuza utabonye.

2.Kwigereranya n’abantu: Uko ukomeza kwigereranya n’abandi nabyo bishobora gutuma uhora urakaye mu gihe usanze hari ibintu abantu benshi bakurusha, rero bishobora gutuma ujya uhorana agahinda umujinya uburakari.

 

3.Imbuga nkoranyambaga: Muri iyi minsi tugezemo aho imbugankoranyamaga zimaze kwigarurira imitima ya benshi, Hari ubwo abantu benshi bakunze guterwa nibyo babona ku mbugankoranyambaga imyenda ndetse n’ibindi bihenze, rero mu gihe wabibuze bishobora gutuma uhorana agahinda.

4.Kubura urukundo rumeze neza: Hari ubwo Kandi uba warabuze urukundo nyarwo cyangwa ukaba ukundana n’umusore cg umukobwa ariko mukaba mutameranye neza, ibyo bishobora gutuma uwo muntu ahora atishimye mbese agahora yarakaye.

5.Kubura amafaranga: Kubura amafaranga Kandi bishobora gutuma uhora warakaye udatuje kuko uba wumva ko amafaranga wayabuze Kandi uyacyeneye.

6.Indwara: Hari ubwo umuntu ahora yarakaye ajunjamye bitewe nuko ufite indwara runaka nka depression, ibyo nabyo bishobora gutuma umuntu ahora yarakaye cyane atuje cyane.

7.Kwanga guhinduka: Kwanga guhindu nabyo bishobora gutuma uhora urakaye kubera ko uba wanze guhinduka mu kintu runaka kugira ngo umere neza, mu gihe rero wanze guhinduka bishobora gutuma uhora urakaye mu buzima bwawe.

Source: News Hub Creator

Previous Story

Bruce Melodie yakoze ikiyede i Kanombe ! Amagambo ya Irene Mulindahabi kuri Bruce Melodie yakoze benshi kumutima

Next Story

Kenny yunze murya Bruce Melodie nawe ashyigikira ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie rikwiriye kubaho bakubahana ariko bakorera amafaranga

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop