“Kubona icyo kurya muri iyi minsi i kigali birasaba Gutuburira abantu” ! G Taff wamamaye k’umavubi yahamije ko kurya muri ino minsi bigoye bityo kubeshya abantu akaba aricyo gisubizo

08/06/2023 22:46

Buri munsi abaturage bavuga ko nyuma ya covid-19 ibiciro kw’isoko byazamutse kubona ibitunga abantu bikagorana.

 

Umusore wamamaye kubera gukoresha imvugo yatunguye benshi avuga ko insinzi y’amavubi izaturuka mu bakinnyi izakura muri Arisenali na chelease.

Uyu musore witwa G Taff yavuze ko  kubona icyo kurya muri ino minsi bisaba kuba umutubuzi ashaka kuvuga ko umuntu ubona amafunguro ya ku manywa na n’ijoro biba byasabye imitwe n’ubwenge bw’inshi cyane  kuko kigali kuhaba atari imikino.

 

G Taff ibi yabitangaje ku munsi w’amavuko kuko taliki 7.Ukwezi kwa 6 ubwo yari yahaye ikiganiro itangazamakuru agaragaza imbamutima ze.

 

 

Uyu musore umaze kwamamara haba kuri video zisiga bamwe imbavu zibarya benshi bamaze ku mumenya kuko ibiganiro yakoreye kuri Juli Tv ,kuri Yago Tv show na AB Godwin.

 

 

Mu rwanda nyuma ya Covid19 abaturage bakomeje kuvuga ko ibiciro kw’isoko byazamutse ,icyakora Leta Ntiyahwemye gukora ibishoboka byose ngo nibura ibyo rubanda rukenera cyane nk’ibiribwa biboneke .icyakora kw’isoko ibyinshi ibiciro  biracyari hejuru.

 

IG :shalomi.rwanda

Advertising

Previous Story

Dore ahantu 6 heza ho gusomanira n’umukunzi wawe cyangwa umugore wawe

Next Story

Ikizungerezi Linda ukina muri filime Umuturanyi yavuze ko Rusine uko akina muri filime arinako ameze mu buzima busanzwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop