Kubera umujinya mwinshi 50 Cent yamennye umutwe umunyamakuru nyuma yo kumutera mikoro ngo nuko bayimuhaye itarimo gukora

01/09/2023 19:53

Umuraperi w’umunyamerika 50 Cent yajugunye Mikoro bari bamuhaye idakora mubafana bari bitabiriye igitaramo cye yise ‘Final Lap’ muri Los Angeles kuwa Gatanu maze ifata umugore w’umunyamakuru kuri Radio ‘Power 106’ witwa Bryhana Monegain.

Uyu muraperi ubwo yari kurubyiniro muri Crypto.com Arena mujoro ryo kuwa Gatatu muri iki gitaramo cye kizengeruka, yahawe Mikoro ebyiri zose akazigerageza agasanga ntizikora, iyambere yayirambitse hasi arinaho yahawe iya kabiri yaje kumutera umujinya maze akayijugunya mubafana.

 

Videwo zasakaye zigaragaza uyu muraperi ajugunya Mikoro ariko ntuzagarahaza uwo yafashe, Nyuma nibwo uwitwa Bryhana Monegain yatanze ikirego kuri Police kugeza ubu 50 Cent akaba akurikiranweho icyaha cy’ihohitera.

Amazina nyakuri y’uyu muhanzi ni Curtis James Jackson III, ni umunyamerika w’umuraperi akaba umwanditsi w’indirimbi, umukinnyi wa film, umu ‘producer’ ndetse akaba ari n’umushoramari.

 

Yamenyekanye muri 2000 ubwo yakoraga ‘album’ yise ‘Get Rich or Die Trying’ yaje kujya ahagaragara muri 2003 igakundwa cyane ndetse akamugira icyamamare mujyana ya ‘Hip Hop’.

 

Src:NDTV

Advertising

Previous Story

Nkore iki ? : Papa yarantaye ajya mu bagore no mu nzoga aranyanga ndamushaka ndamubura ndirera none mbaye mukuru aje kunsaba imbabazi kandi nkimurakariye

Next Story

Abashakanye: Dore ibintu byiza biba kumibiri yanyu mu gihe mwakoze imibonano mpuzabitsina mu gitondo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop