Thursday, May 9
Shadow

Urasabwa kujya woga mu maso ukoresheje amazi washyizemo ‘Umunyu’

Koga amazi y’umunyu nibyiza.Usabwa kujya woga mu maso ukoresheje umunyu wahyizemo ‘Umunyu’ mu rwego rwo kwirinda ibintu bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe.

Koga amazi y’umunyu nibyiza Kwita kuruhu rwawe n’ingenzi cyane, kwiyitaho byo ni akarusho.Niba ushaka

kwiyitaho uzita kuruhu rwawe , umenye ibyiza kuri rwo kugira ngo ururinde.Kwiyoza mu maso ukoresheje amazi arimo umunyu byabaye kimomo , byaramamaye cyane ku buryo abantu bose babizi.

Amazi arimo umunyu , afasha uruhu gukomera no gukemura ibibazo bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe.

Gukoresha aya mazi kuruhu rwawe ni byiza cyane ndetse ntakibazo bitera (it is safe)Ibi bigira umumaro cyane

by’uwmihariko iyo uhise wisiga amavuta mu maso yawe wabanje kwihanagura.Muri iyi nkuru turaza kuganira ku

kamaro k’amazi arimo umuntu , uko wayakoresha mu gihe ugiye kuyoga.

1.Aya mazi akuraho ibiheri ( Akiza ibiheri).

Amazi arimo umunyu ,arimba mikorobe zitandukanye  zigabanya za bagiteriya, ndetse n’ibindi byinshi byiza.

Amazi arimo umunyu yifashishwa mu rwego rwo kwirinda gukoresha ibindi bihenze.Uyu ni umuti ukora cyane nk’uko twabigarutse ho muri iyi nkuru.

2.Amazi aromo umunyu akesha uruhu.

Amazi arimo umunyu akesha uruhu rugacya cyane.Gukaraba amazi arimo umunyu , bitumaumubiri wigirira ubudahangarwa bwawo.

3.Bigabanya umunaniro ndetse bigakiza n’indwara ya Allergic.

Gukoresha amazi arimo umunyun  mu gihe koga , bifasha mu kurinda umubiri indwara zitandukanye.

Abantu bamenye uyu muti kare, bamaze kumenya ko gukoresha amazi arimo umunyu ari igikoresho

cyifashishwa n’abandi kwihugura.Zimwe mu ndwara zirimo; plaque psoriariasis na Psoriatic.

Amazi akonje cyane ashobora kugabanya umunaniro, yica uduheri nk’uko twabivuze haraguru ndetse n’ibindi bitandukanye.

Mu rwego rwo gushyira kumusozo iyi nkuru, nababwira ko, umunyu washyizwe mu mazi, utanga umusaruro ukomeye cyane ku mubiri w’uwabikoze inshuro nyinshi cyangwa se uhozaho.Ubusanzwe abantu banga cyane gukoresha aya mazi arimo umuntu bitwe n’imiterere yabo cyangwa ibyo bategetswe n’amabwiriza y’ubuzima atandkanye.Abaganga bavuga mbere mu gihe hari ugusuzuma bikabanza bikemezwa n’ubishinzwe muri rusange ukabona kuba wawukoresha.Uyu muntu uvugwa hano n’umunyu usanzwe mukoreshwa mu gikoni bateka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *