King James yateguje igitaramo

14/12/2023 21:13

Umuhazi King James wari umaze imyaka igera kuri 7 asa n’utuje yateguje igitaramo cyo kumurikiramo Album ya 8.

Uyu muhanzi umaze iminsi abazwa impamvu adashaka umugore , yateguje igitaramo cye bwite azamurikiramo umuzingo wa munani [ 8 ] yise ‘gukura’, azashyira hanze muri 2024.

Mu kiganiro yagiranye na igihe, King James yagize ati:”Umwaka utaha nzamurika album yanjye ya 8, nzayimurukira mu gitaramo turimo gutegura.Nicyo abakunzi banjye nakwiye kumenya”.

King James wamamaye mu ndirimbo zirimo ‘Narashize’ , ntabwo yigeze avuga itariki naho igitaramo kizabera gusa agaragaza ko kizaba muri 2024.

Album ya 8 ya King James izaba iriho indirimbo nka ; Mfata , Sinshaka ko urara urira, Ubangukez,…n’izindi.

 

Iki gitaramo kizaba gikurikiye icyo yakoreye mu Karere ka Rubavu muri 2016 ubwo yamurikiraga Album ya 6

Advertising

Previous Story

Minisitiri w’uburezi yahuye n’umwarimu wamwigishije mu mashuri abanza

Next Story

Umuhanzi Platini P yanze kuvuga kubyo gutandukana n’umugore we

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop