Mu gihugu cya Nigeria, Umukobwa yapfuye ubwo yarari gutera akabariro n’umukunzi we wari wafashe imiti yongera akanyabugabo

03/11/2023 13:21

Hirya no hino bakomeje gutangazwa n’iyi nkuru y’uyu mukobwa wapfuye ubwo yarari gutera akabariro n’umukunzi we, abantu Bose bakomeje kwibaza icyatumye uyu mukobwa apfa ariko biravugwa ko umukunzi we ariwe wabigizemo uruhare mu gupfa kwe.

 

 

 

Ubundi abantu benshi bemera ko gukora imibonano mpuzabitsina bikwiye gukorwa hagati y’umugabo ndetse n’umugore we bashakanye, gusa muri iyi myaka tugezemo usanga abantu cyane urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina ndetse aribyo bikurira ingaruka nyinshi harimo gutwara inda zitateguwe, indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse no gupfa.

 

 

Muri Nigeria haravugwa inkuru yuyu musore wari anyamanye n’umukunzi we bari guterera akabariro maze birangira uyu mukobwa yitabye Imana mu buryo bitunguranye ndetse abashinzwe umutekano bakomeje iperereza bashakisha amakuru yizewe kugira ngo Ubutabera butangwe ndetse ucyekwa yatawe muri yombi.

 

 

Amakuru aravuga ko uyu musore wari usanzwe Ari umwogoshi, yagiye gushaka imiti yongera ubushake mu gutera akabariro kugira ngo abone uko ashimisha umukunzi we cyane mu gihe baraba bari guterera akabariro.

 

 

Nibwo uyu mukobwa yagiye kureba uyu musore wari umukunzi we bagiye gutera akabariro maze Umusore kubera gufata imiti yongera ubushake maze aryama ku mukunzi we kugeza ubwo uyu mukobwa yashizemo umwuka, uyu musore niwe muntu w’ambere watawe muri yombi n’abashinzwe umutekano mu bantu bacyekwaho kwica uyu mukobwa.

 

 

 

 

Source: ghpage.com

Advertising

Previous Story

Kimenyi Yves agiye gukora ubukwe na Miss Uwase Muyango basanzwe babana

Next Story

Byinshi wamenya k’umugore w’imyaka 42 wavuze ko yavutse nta gitsina afite bikarangira agiye gushyirishaho igihimbano

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop