Kenya: Police yapakiye ibyuma byo mu rusengero inambika amapingu Pasiteri wakusanyaga amaturo

06/05/2024 08:33

Mu gihugu cya Kenya , umukozi w’Imana warimo ku bwiriza ari gukusanya inkunga yatawe muri yombi na Polisi nk’uko byatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano zashyize hanze amafoto abigaragaza.

Mu gace ka Kinyenya hagaragaye icyiswe ruswa mu rusengero aho byavuzwe ko hari gukusanya inkunga mu bikorwa byarimo n’abamwe mu bayobozi basanzwe bari batumiwe.Iki gikorwa cyangijwe n’abo mu Ihuriro rya UPDA [United Democratic Alliance ], riyoborwa n’uwitwa Mugirango.

Iki gikorwa cya ruswa yatangirwaga mu Itorero ry’Imana rya Kisiri cyari kibaye ku nshuro ya Gatatu yikurikiranya nk’uko The Citizen ibitangaza.Umwe mu bagize iryo torero yagize ati:”Ntabwo twahabwa umugisha w’Imana niba tuza munzu yayo hakamo imvururu.Ntabwo twakumva ijambo ry’Imana”.

Nyuma y’ibi bikorwa ababigizemo uruhare bose batawe muri yombi

Advertising

Previous Story

MIAMI: Mu ipantaro y’umugenzi wari ku kibuga cy’indege hasanzwemo inzoka nzima

Next Story

Amerika: Umusaza w’imyaka 70 yahamije ko buri cyumweru yishyura arenga ibihumbi 500 RWF agamije gushaka umukunzi basazana

Latest from HANZE

Go toTop