Karim Benzema agiye gusubizwa aho yakuriye

22/01/2024 15:42

Benzema ashobora gusubira mu ikipe yakuriyemo.

 

Uyu mukinnyi utarahiriwe n’amafaraga yahembwaga muri Arabia Saudite nyuma yo kuva muri Real Madrid akerekeza muri Al lttihad  Club iri mu cyiciro cya Mbere muri Saudi Arabite kugeza kuri ubu ikaba iri ku mwanya wa 7.

 

Iyi kipe ikura uyu musore muri Real Madrid yamwemereye amafaranga angana n’Amayero Miliyoni 172 mu gihe cy’umwaka.Iyi kipe yari ikubye inshuro nyinshi amafaranga uyu musore akaba rutahizamu ukomeye yahembwaga muri Real Madrid aho we yahembwaga Miliyoni 14 z’Amapawundi mu gihe cy’umwaka.

 

Nk’uko n’ahandi bigenda, abafana ndetse n’itangazamakuru batangiye kwibasira Karim Benzema waherukaga igitego mu cyi, benshi basaba iyi kipe iri ku mwanya wa 7 kumwirukana.Nyuma yo kuva muri iyi kipe,uyu musore ashobora kwerekeza muri Lyon cyangwa akagirwa intizanyo n’andi makipe akomeye nk’uko bemejwe na Fabrizio Romano.

https://www.youtube.com/watch?v=xChKvKIIdRg&t=19s

Isoko: METRO.CO.UK

Advertising

Previous Story

Umwarimu kazi yiyemeje guca ubusinzi binyuze muri Comedy akinamo yitwa Mushikazi – VIDEO

Next Story

Urutonde rw’uduhigo tumaze gucibwa na Burna Boy wiyita African Giant

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop