Kajala yanze kugira icyo avuga ku rukundo rwe na Harmonize batandukanye ntacyo bapfuye

22/04/2023 12:28

Kajala yanze kugira icyo avuga ku rukundo rwe na Harmonize batandukanye ntacyo bapfuye

Isi ya nanone abantu 2 barakundana ababazengurutse akaba aribo bamenya ibyabo ndetse banatana bikaba ngombwa ko batanga ibisobanuro.Uwitwa Kadjala yanze gutanga amakuru kugutandukana kwe na Harmonize.

Kajala yavuze ibyo kugaruka kuri Harmonize atari ngombwa na cyane bamaze gutandukana agaragaza ko asigaye yikundanira Mr Champagne

Kajala na Harmonize batandukanye bafite gahunda yo kubana ndetse ntibanavuga ikibatanije. N’ubwo Mr Champagne yavuze ko akunda Kadjala nyuma yo kumukorera indirimbo, we yemeje ko ari inshuti bisanzwe.

Ati:” Indirimbo yandirimbiye ninziza cyane kandi Champagne ni inshuti nziza cyane.Ni inshuti nziza kandi tumaranye igihe”.Kajala uri muri Kenya , yavuze ko agiye gusangira n’abatishoboye.

Ubusanzwe Kajala amazina ye asanzwe ni Kajala Masanja, ni Umunya-Tanzania , akaba umukinnyi wa Filime wamamaye cyane kuva muri 2016 aho yegukanaga igikombe cyitwa East African Award for Actress. Kajala yari yarashakanye na Faraji Chambo.

Mu mwaka wa 2012 yagaragaye muri Filime yitwa Kijiji Cha Tambua Haki na Jeraha la Moyo.


Advertising

Previous Story

Dore ibyo abagabo batari bakwiriye gukorera umyanya yabo y’ibanga

Next Story

Umusore yishe nyina amushinja kuroga igitsina cye ngo ntigikore

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop