Dore ibyo abagabo batari bakwiriye gukorera umyanya yabo y’ibanga

22/04/2023 09:07

Dore ibyo abagabo batari bakwiriye gukorera umyanya yabo y’ibanga

Ubusanzwe abagabo basabwa kwigengesera no kwita kumya yabo y’ibanga cyangwa kugira ibindi bakora kuriyo kuko ishobora kuyangiza batabizi.

Burya iyo umugabo yitaye ku myanya ye y’ibanga irushaho kugira ubuzima bwiza bikaba byananufasha mu gikorwa cyo gutera akabariro n’uwo bashakanye hatabayeho ubundi bufasha benshi biha kandi bitari bikwiriye.

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibintu abagabo basabwa kwirinda cyane kugira ngo batangiza ibikoresho byabo.

1. Ntuzakoresho ibikoresho byongerera igitsina ubunini.

Ikinyamakuru Medicalnewstoday , gitangaza ko igikoresho cyitwa Vacuum Pumps gukoreshwa mu kongerera igitsina gabo ubunini bigendanye no gushaka gutembereza amaraso neza gusa bishobora guteza ibindi bibazo bitandukanye birimo ; kubyimba cyane , gusaduka no kwangiza imitsi.

2.Ntuzigere ukoresha imiti yongera ubushake

Ibi byangiza ubuzima bw’uwabikoze , ibi bishobora kwangiza amabya yawe, ikabaganya ingano y’amasohoro yawe ,….

3. Uzirinde kuba umusambanyi

Iyo ugeze muri uru rwego rwo kuba umusambanyi, hari ubwo ukora imibonano mpuzabitsina idakingiye ukaba wakwanduriramo indwara zitandukanye zirimo ; SIDA n’izindi zigira ingaruka ku myanya yawe y’ibanga.

4. Ntuzakubagure imyanya yawe y’ibanga.

Igitsina gabo gikeneye gutuza no gufatwa neza. Abagabo bagirwa inama yo kudakoresha isabune cyane kumyanya yabo y’ibanga kuko byangiza uruhu.

Ni ingenzi cyane kwita ku myanya yawe y’ibanga nk’umugabo aho gukora ibyo wiboneye.

Advertising

Previous Story

Umupasiteri yapfuye ashaka guca agahigo ka Yesu wamaze iminsi 40 atarya

Next Story

Kajala yanze kugira icyo avuga ku rukundo rwe na Harmonize batandukanye ntacyo bapfuye

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop