Inkumi y’ikibero ikomeje kuvugisha benshi nyuma yo kuvuga ko ariwe mukobwa wifuzwa na buri mugabo wese

by
18/07/2023 21:56

Funmi Awelewa wamamaye cyane mu gukina filime akomeje guca ibintu hirya no hino nyuma yo kuvuga byinshi ku bwiza y’ifitiye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze amashusho avuga ko Ari inzozi za buri mugabo wese ndetse ko ntawutamwifuza.

 

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram Nibwo yavuze ko abantu mukwiye kwirengagiza ibimuvugwaho ariko ngo ko Ari umugore mwiza cyane.Yakomeje avuga ko afitiye ikizere ubwiza bwe cyane ko nyine buri mugabo wese yamwifuza kumugira uwe.

 

Si ibyo gusa dore ko yanavuze ko iyo agiye gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga ze, atajya akoresha ibimugira mwiza ahubwo ubwiza mubona ngo ni karemano.

 

Mu magambo ye yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati” Ni mwibagirwe ibyo bamvugaho, ndi umugore mwiza!! Ndi inzozi za buri mugabo wese. Sinjya nkoresha ibyongera ubwiza, ubwiza mu mbonana ni karemano”.

Ubusanzwe uyu mukobwa yamamaye kubera gukina filime cyane mu gihugu cya Nigeria ndetse akaba yaragaragaje impano idasanzwe Ari nabyo byamufashije kwamamara.

Umwanditsi: Byukuri Dominique
Source: worldnewsreporter

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Umusore n’inkumi bo mu gihugu cy’Ubuhinde bafashwe amashusho na camera ubwo bari mu mabi mu nzu berekaniramo filime

Next Story

Mfite umukunzi tugiye gukora ubukwe vuba aha! Umuhanzi Bwiza emerance yumvishije abanyamakuru Album ye anabamenera ibanga ry’umusore bagiye kurushinga!

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop