Advertising

Impamvu atari byiza guseka muri gutera akabariro

04/08/2024 17:34

Mu gitanda muri gutera akabariro ntabwo mwemerewe gusetswa n’ibitajyanye cyangwa gukora ibibarangaza.Muri iyi nkuru turarebera hamwe ibibi byabyo.

Abashakanye nibo bonyine bemerewe gutera akabariro, kuko uburenganzira babuhabwa n’Imana ndetse n’amategeko.Iyo bageze mu gitanda rero , umwe muri bo akabona mugenzi we asa n’ushaka kugira icyo amusaba, undi agirwa inama yo guhagarika ibindi yararimo umutima akawerekeza aho muri icyo gukorwa gusa.

Umwe mu bashakanye bakuze twaganiriye kuri iyi ngingo , yaduhamirije ko mu gihe abashakanye bafite amaseka menshi cyangwa bakaba bahugijwe n’inkuru isekeje bigoranye ko uri hejuru ahaguma cyangwa ngo uri mu gikorwa akigumemo.

Yagize ati:”Buriya, abashakanye bakundana bageze mu masaha yo kwisanzura no gushaka gudangira ibyishimo birabujijwe ko batangira guseka bya hato hato by’umwihariko baseka ibitajyanye n’ibyo barimo (Gutera akabariro).

Umuntu uri hejuru afite umurego, intege nke n’intekerezo ze byose biba biri ku gitsina cye n’icyamugenzi we iyo agiye mu bindi by’inkuru rero birangira ahavuye kuko uko mugenzi we aseka niko igitsina cye gisimbuka, abishimaga bikarangira”.

Ikinyamakuru cyitwa Happiness.com, cyanditse kivuga ko guseka ari byiza ariko bikaba mbere cyangwa nyuma y’igikorwa ariko na none uko guseka kukaba kujyanye n’ibyo n’ibyo bahozemo.

Iki kinyamakuru kandi kivuga ko umugabo n’umugore baba bafite inshingano zo gusetsanya mbere yo gutangira igikorwa aho kubikora mu gikorwa.

Ubushakashatsi bwemeje ko hagati y’abashakanye baba bagomba kwirinda gukoresha ibirimo; Telefone , kureba Televiziyo, cyangwa kwitaba undi muntu kuko ibyo byose bihindura umuvuduko w’imisemburo ijyanye n’imibonano mpuzabitsina bigatuma bahita bacika intege.

Ikinyamakuru cyitwa Enhancingintimacyaustin.com, kivuga ko “Mu gihe mubangamiwe n’ibintu bitandukanye bituma igikorwa gipfa. Nimubona bibaye rero, mujye muhita mu gisunikira hirya yanyu mwikomereze”.

Ibi birajyana no guseka, abashakanye bagirwa inama yo kubireka ahubwo bakajya bafata iminota yo guseka mbere bakabona kwinjira mu gikorwa nyirizina.

Email yacu: Info@Umunsi.com

Previous Story

#OlympicsGames: Umugore warwanye n’umugabo mu masegonda 46 agiye guhabwa impozamarira

Next Story

M23 yafashe undi Mujyi munini itarwanye

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop