Ifoto ya Miss Kayumba Darina ari mu gituza cy’umusore yaciye intege abasore uruhuri bamwifuzagaho urukundo!

04/01/2024 20:10

 

Kuri iki Gicamunsi Taliki 04.01.2024 ni bwo Ifoto y’igisonga cya 2 cya miss Rwanda 2022, Kayumba Darina wakunzwe na Benshi yagaragaye ari mugituza cy’umusore utaramenyekana amazina yatitije imbugankoranyambaga.

 

Iyi foto Kayumba Darina yayishyize aho anyuza ubutumwa bw’igihe kirekire kuri Instagram ye bituma benshi bavugishwa.

Ni ubwa 1 uyu mukobwa wagaragaje Impano zidasanzwe mu irushanywa rya Miss Rwanda ubwo ryegukanywaga na Miss Muheto Divine, acishije ubutumwa kuri Instagram ye bigaca amarenga ko yaba ari m’urukundo rushya.

Kuri iyi POST yakozwe n’uyu mukobwa yirinze kugira amagambo ashyiraho ,icyakora ashyiraho udutima benshi bahita bemeza ko ari umukunzi we mushya.

Nyuma y’uko Miss Nishimwe naomi agaragaje umukunzi we ufite Imisatsi ikaraze (Dreads) ,na Kayumba Darina akaba yerekanye ifoto y’umusore ufite Dreads, benshi bahise batera urwenya bavuga ko umusore udafite Dreads Atakwigondera umukobwa wanyuze mu irushanywa rya MISS RWANDA.

 

MISS KAYUMBA DARINA ari mu bakobwa bakuruye amarangamutima ya rubanda nyamwinshi ubwo yagaragazaga impano yo kuririmba mu mwiherero w’abakobwa bahataniraga ikamba rya miss Rwanda 2022.

Ese Wowe ubona umukobwa wabaye miss kugaragaza umukunzi we batagiye kubana ntacyo byahungabanya?

Advertising

Previous Story

Nick Minaj yatonganye n’abafana bamukura ku rubyiniro

Next Story

Ni we muhanzikazi wakoze igitaramo cya gospel bwa Mbere mu Rwanda” Tonzi yamurikiye abanyamakuru Album yise “Respect” Ateguza igitaramo cy’Imbaturamugabo!

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop