Ibibazo byabajijwe cyane n’abantu kuri Google uyu mwaka bijyanye n’Imibonano mpuzabitsina ! Dore urutondo rwabyo

29/12/2023 12:02

Nk’uko bisanzwe ku bantu bose bazi urubuga rwa Google, iyo ugize ikibazo udafite undi ukibaza cyagwa utifuza kukibaza abandi ukibaza Google, uru ni urutonde rw’ibibazo bigaragazwa na Google byabajijwe muri uyu mwaka

Ikibazo cyambere abantu benshi babajije Google uyu mwaka cyarabazaga ngo “What is Speed Bump Position”.

Iki kibazo ugenekereje mukinyarwanda, abakibazaga Bose bifuzaga kumenya iyo pozisiyo yo gukora imibonano mpuzabitsina yitwa gutyo ikorwa gute!

Iyi pozisiyo yaje mumitwe y’abantu izanwe n’umukinyi wa Film witwa Tom Clara ivuye muri filme y’uruhererekane akinamo yitwa ‘Love Island’ aho mukiganiro yagaragajeko iyo pozisiyo ariko akunda cyane mugihe cy’imibonano mpuzabitsina, bituma abafana be benshi cyane bagira amatsiko yo kuyimenyaho byinshi.

 

Tutagiye muri byinshi Iyo pozisiyo uko iteye, umugore aryama yubamye maze agashyira umusego munsi y’ibibero bye agasa nuwunamye ukuntu kubera uwo musego uba wabaye nkukuzamura.

 

Ikibazo cya kabiri cyabajijwe cyane cyabaza ngo “Ese biremewe gukora imibonano
mpuzabitsina kumuntu utwite?”

 

Igisubizo cyacyo kivugako ntacyo bitwaye n’ubwo bishobora kubangama k’umugore Uri hafi kugera igihe cyo kubyara.

Icya gatatu cyaje kurutonde rw’ibyashakishijwe cyane kuri Google ni “Ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina”

Ikindi cya Kane cyabajijwe cyane ni ” Kuki umuntu ashobora kuva amaraso amaze gukora imibonano mpuzabitsina”

Abandi bantu benshi babajije “ni inshuro zingahe nabanza gusohokana n’umuntu mbere yuko dukorana imibonano mpuzabitsina?”

ikindi kibazo nawe ushobora kuba wibaza cyabajijwe n’abantu benshi kuri Google cyarabazaga ngo “Ese ifi zikora gute imibonano mpuzabitsina?”

Ibyiza nibyo abantu benshi babajije Google muri uyu mwaka wa 2023 tugiye gusoza.

src:NYPost

Advertising

Previous Story

Nasanze umusore dukundana aryamanye n’undi musore bose bambaye ubusa, ambwira ko bari gukora massage ! Agahinda ka Hannah

Next Story

Zari Hassan yahaye gasopo abari kumugira umukecuru

Latest from Ikoranabuhanga

Menya Icyateye ibura rya interineti

Ku cyumweru , tariki ya 12 Gicurasi, ikibazo gikomeye cya interineti cyibasiye uduce tumwe na tumwe two muri  Afurika y`iburasirazuba no mu Majyepfo, aho
Go toTop