Sunday, April 28
Shadow

Ibibazo byabajijwe cyane n’abantu kuri Google uyu mwaka bijyanye n’Imibonano mpuzabitsina ! Dore urutondo rwabyo

Nk’uko bisanzwe ku bantu bose bazi urubuga rwa Google, iyo ugize ikibazo udafite undi ukibaza cyagwa utifuza kukibaza abandi ukibaza Google, uru ni urutonde rw’ibibazo bigaragazwa na Google byabajijwe muri uyu mwaka

Ikibazo cyambere abantu benshi babajije Google uyu mwaka cyarabazaga ngo “What is Speed Bump Position”.

Iki kibazo ugenekereje mukinyarwanda, abakibazaga Bose bifuzaga kumenya iyo pozisiyo yo gukora imibonano mpuzabitsina yitwa gutyo ikorwa gute!

Iyi pozisiyo yaje mumitwe y’abantu izanwe n’umukinyi wa Film witwa Tom Clara ivuye muri filme y’uruhererekane akinamo yitwa ‘Love Island’ aho mukiganiro yagaragajeko iyo pozisiyo ariko akunda cyane mugihe cy’imibonano mpuzabitsina, bituma abafana be benshi cyane bagira amatsiko yo kuyimenyaho byinshi.

 

Tutagiye muri byinshi Iyo pozisiyo uko iteye, umugore aryama yubamye maze agashyira umusego munsi y’ibibero bye agasa nuwunamye ukuntu kubera uwo musego uba wabaye nkukuzamura.

 

Ikibazo cya kabiri cyabajijwe cyane cyabaza ngo “Ese biremewe gukora imibonano
mpuzabitsina kumuntu utwite?”

 

Igisubizo cyacyo kivugako ntacyo bitwaye n’ubwo bishobora kubangama k’umugore Uri hafi kugera igihe cyo kubyara.

Icya gatatu cyaje kurutonde rw’ibyashakishijwe cyane kuri Google ni “Ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina”

Ikindi cya Kane cyabajijwe cyane ni ” Kuki umuntu ashobora kuva amaraso amaze gukora imibonano mpuzabitsina”

Abandi bantu benshi babajije “ni inshuro zingahe nabanza gusohokana n’umuntu mbere yuko dukorana imibonano mpuzabitsina?”

ikindi kibazo nawe ushobora kuba wibaza cyabajijwe n’abantu benshi kuri Google cyarabazaga ngo “Ese ifi zikora gute imibonano mpuzabitsina?”

Ibyiza nibyo abantu benshi babajije Google muri uyu mwaka wa 2023 tugiye gusoza.

src:NYPost

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *