Ibi ni biba uzamenyeko urukundo rwawe rurangiye

29/05/2024 20:07

Iyi nkuru uyisome niba wifuza gusobanukirwa iby’urukundo.

1.ugomba kwirinda umubano ushingiye ku mibonano mpuzabitsina gusa, kuko ntabwo uwo mubano uramba ,niba ibyo ukora byose ari ukuryamana aho kuba mwaganira ku bintu bizabagirira akamaro  ku buzima bwanyu bwejo hazaza urwo rukundo ni uguta umwanya.

2.Irinde umubano uwo ari wo wose udafite icyerekezo cyangwa intego.

3.Irinde umubano uwo ariwo wose utakuzanira ibyiza mubuzima bwawe cyangwa ubwumukunzi wawe.

4.Hunga umubano uwo ariwo wose uguha umubabaro urenze umunezero mu buzima bwawe.

5.irinde umubano aho ukunda umuntu ariko uwo muntu agutera kutishima inshuri nyinshi kuko  wenda bishobora kuba rimwe cyangwa kabiri bitamuturusteho ariko nibiba akamenyero uzabivemo hakiri kare, cyangwa mushake umuti w’icyo kibazo hakiri kare mu gihe ubonako byakemurwa bigakunda.

6.Irinde urukundo urwo arirwo rwose  aho usanga uhora urwana no gukunda umukunzi wawe uzabyirinde cyane.

7.Irinde umubano aho usanga ufunzwe cyangwa ubujijwe kwishimira uburenganzira bwawe  bwibanze bwa muntu. Nta mubano ugomba kukubuza uburenganzira.

8.icyingenzi kandi kurusha ibindi byose. Irinde umubano uwo ari wo wose uzagutandukanya n’imana

 

Advertising

Previous Story

Nyuma yo kuvugako yakoresheje imvugo itari nziza papa Fracis yasabye imbabazi

Next Story

Türkiye: RDF yitabiriye imyitozo ya Gisirikare irimo kurashisha indege n’iy’urugamba rwo mu mazi

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop