Hatangajwe aho umutingo wumvikanye mu Rwanda waturutse

24/09/2023 19:50

Mu masaga y’igicamunsi mu Rwanda humvikanye umutingito wamaze nk’amasegonda 30 gusa ntabwo hari hamenyekana niba hari ibyo wangije.

 

 

Uyu mutingito wumvikanye mu masaha ya Saa 4:30 mu gihugu hose .Uyu mutingito wari ku gipimo cya 5.1

 

Ikigo cy’Igihugu gifite munshingano imitingito ‘Rwanda Seismic Monitor’ cyatangaje ko uyu mutingito waturutse mu Karere kaKarongi utewe n’ingufu ziba munda y’Isi ndetse ngo kugeza ntakintu na kimwe cyari cyamenyekana ko cyangijwe n’uyu mutingito utigeze utinda.

 

 

Abaturage batuye , mu Mujyi wa Kigali, Rubavu , Musanze o mu Karere ka Huye bose bavuga ko bawumvise kandi ko wari udasanzwe nk’uko byakomeje kugarukwaho kumbuga nkoranyambaga.

Advertising

Previous Story

Byinshi wamenya ku mugore wa 1 wambaye ipantaro ! Ubundi byari ikizira kubona umugore wambaye ipantaro

Next Story

Ubushakashatsi ! Impamvu bamwe mu bagabo bakunda abagore bafite amabuno manini

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop