Abagore gusa: Menya uburyo wakoresha ukabasha gutera akabariro neza uri mu mihango

22/12/2022 15:22

Gukora imibonanompuza bitsina biraryoha ariko bikaba akarusho mu gihe ubikora mu buryo bwiza.Menya uburyo wabasha gutera akabariro neza uri mu mihango.

DORE UKO WAKWITWARA MU GIHE UGIYE GUTERA AKABARIRO N’UWO MWASHAKANYE KANDI URI MU MIHANGO.

1.Shaka agasume gato

Niba udashakako imihango yawe yivanga n’ibindi bintu birimo na matera cyangwa ibindi mu gihe muri gtera akabariro,

shaka agasume gato mu gashyire munsi y’uburiri bwanyu mwembi.Niba ntako ushobora kubona hafi, mukaba

mukoresha uburingiti ba aribwo ushyira hasi uzabumesa nyuma.Gukora imibonano mpuzabitsina

2.Mu koreshe uburyo buzwi nka ‘missionary Position’.

Ubu buryo buragufasha mu gihe ushaka gutera akabariro uri mu mihango.Ryamisha umugongo wawe ku

Gukora imibonanompuza bitsina biraryoha gitanda cyangwa ahandi hantu mu gihe muri mugikorwa cyanyu.Umugabo wawe , umubuze gukoresha imbaraga nyinshi ndetse no kugeza aho yagezaga mu gihe utari mu mihango mu rwego rwo kwirinda kubabaza ‘Carvix’.Ni wumva utangiye

kubabara ujye wihutira kubwira umugabo wawe.

https://www.youtube.com/watch?v=wINYtJcEDI8
REBA HANO VIDEO TWAGUTEGURIYE

3.Mujye mu bikorera mubwogero.

Aha hantu ni bake bahakoresha ariko niba uri mumihango kandi mubaka mushaka gushimishanya ,

mukoreshe ubwogero bwanyu kuko amazi ari kumanuka arabafasha gukuraho umwanda uko uza kuburyo mutabimenya ko wanahageze.

4.Nyuma wihutire mu bwogero.

Mu gihe murangije igikorwa kandi ukaba uri mu mihango, ihutire mu bwogero wisukure bihagije.

5.Ukwiriye kwigirira icyizere.

Niba uri mu mihango ukaba ushaka gushimisha uwo mwashakanye cyangwa umukunzi wawe, igirire icyizere wumve ko ubikora kandi bikagenda neza.Yego nibyo, imihango ni umwanda ariko nukoresha uburyo twakubwiye haraguru ntabwo izakubera umwanda.

Ntuzibeshye ngo ubikore mu gihe uri kuribwa munda.Fata umwanya utuze umenye neza niba ntakibazo ufite cyo kuribwa munda.Kubantu bataragira imyaka 18, ntabwo gukora imibonanompuzabitsina byemewe , ni ikosa.Iyi nkuru irareba abashakanye gusa kuko aribo imyaka yemerera gutera akabariro mu gihe abandi bantu basanzwe bari munsi y’imyaka 18 bo baba batemerewe gutera akabariro nk’uko amategeko abiteganya ku isi yose. Iyi nkuru yavuye ku bitangazamakuru.

Advertising

Previous Story

Dorimbogo yifurije abafana be umwaka mushya muhire mu ndirimbo nshya yise Chrismas-VIDEO

Next Story

Umugore wiyanditseho umubiri wose arwaye indwara ishobora kumwica

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop