Advertising

Ese gutwara igare kubakobwa bibambura ubusugi ?

16/09/2023 18:24

Benshi bemeza ko agace k’umubiri kitwa ‘Hymen’ ariko kagaragaza ubusugi bw’umukobwa no kuba yaririnze ubusambanyi.

N’ubwo bivugwa gutyo abarimo wowe uri gusoma iyi nkuru baziko umukobwa atakaza ubusugi binyuze mu kabariro yateye , gusa iyi nkuru irabivuga ikubiri.Ikinyamakuru Pulse kigaragaza ko gutwara igare k’umukobwa bishobora kumwambura ubusugi.

Akakantu kagaragaza ubusugi, gashobora kuvanwaho n’ibikorwa bikorwa n’umuntu uri gutwara igare bityo bikaba byakwitwa ko yataye ubusugi , nyamara abahanga bemeza ko kariya kantu atariko kagaragaza ubusugi.

Iyo uri umukobwa ukaba utwara igare , ushobora kubura akakantu ‘Hymen’, cyangwa kagahengekwa n’ibikorwa byo gutwara igare.Ibi kandi bigera no kubakobwa batwara ifarashi , indi myitozo ngorora mubiri.

Iki kinyamakuru dukesha iyi nkuru kigaragaza ko kandi abakobwa batari bakwiriye kugira umuco gutwara igare , ifarashi , indogobe ndetse n’ibindi bikorwa bishobora kubashyira mu kaga.Ntabwo ari buri mukobwa uva amaraso mu gihe cyo gutera akabariro kunshuro ya mbere niyo mpamvu ubusugi budapimirwa kuri ‘Hymen’.

Previous Story

Dore ibindi bintu by’ingenzi cyane umubyeyi akwiriye kwigisha umwana we ku ikubitiro

Next Story

Byinshi wamenye kuri Tiger Shroff wamamaye mu gukina filime bikaba byaramugejeje kuri byinshi

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop