Ese gutwara igare kubakobwa bibambura ubusugi ?

16/09/2023 18:24

Benshi bemeza ko agace k’umubiri kitwa ‘Hymen’ ariko kagaragaza ubusugi bw’umukobwa no kuba yaririnze ubusambanyi.

N’ubwo bivugwa gutyo abarimo wowe uri gusoma iyi nkuru baziko umukobwa atakaza ubusugi binyuze mu kabariro yateye , gusa iyi nkuru irabivuga ikubiri.Ikinyamakuru Pulse kigaragaza ko gutwara igare k’umukobwa bishobora kumwambura ubusugi.

Akakantu kagaragaza ubusugi, gashobora kuvanwaho n’ibikorwa bikorwa n’umuntu uri gutwara igare bityo bikaba byakwitwa ko yataye ubusugi , nyamara abahanga bemeza ko kariya kantu atariko kagaragaza ubusugi.

Iyo uri umukobwa ukaba utwara igare , ushobora kubura akakantu ‘Hymen’, cyangwa kagahengekwa n’ibikorwa byo gutwara igare.Ibi kandi bigera no kubakobwa batwara ifarashi , indi myitozo ngorora mubiri.

Iki kinyamakuru dukesha iyi nkuru kigaragaza ko kandi abakobwa batari bakwiriye kugira umuco gutwara igare , ifarashi , indogobe ndetse n’ibindi bikorwa bishobora kubashyira mu kaga.Ntabwo ari buri mukobwa uva amaraso mu gihe cyo gutera akabariro kunshuro ya mbere niyo mpamvu ubusugi budapimirwa kuri ‘Hymen’.

Advertising

Previous Story

Dore ibindi bintu by’ingenzi cyane umubyeyi akwiriye kwigisha umwana we ku ikubitiro

Next Story

Byinshi wamenye kuri Tiger Shroff wamamaye mu gukina filime bikaba byaramugejeje kuri byinshi

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop