Dore umuti wo kwikinisha hakoreshejwe imirire n’ibimera bisanzwe

05/07/2023 20:28

Abantu benshi babaye imbata yo kwikinisha kuburyo hari abo bigiraho ingaruka zikomeye baba ari abagabo bagera mungo zabo gutera akabariro ntibimare n’umunota cyangwa baba ari abakobwa nabo bakaba bagerwa ho n’izindi ngaruka zitandukanye.Mu rwego rwo gufasha abahuye n’ikibazo cyo kwikinisha tugiye kubarangira umuti dufatiye kumirire isanzwe.

 

Ukoresheje ibimera n’ibiribwa ushobora kwikorera umuti wo kwikinisha , uwo muti ukaba wakuvura ingaruka zabyo zose dore ko kwikinisha ubusanzwe bifatwa nk’igikorwa kigayitse cyane gikorwa n’ingeri zose z’abantu baba bashaka kubona ibyishimo nk’ibyo babona mu gihe bari kumwe n’abo bashakanye.Nk’uko bitangazwa , ubushakashatsi bwagaragaje ko abahungu aribo bikinisha kukigero cyo hejuru.

 

Ingaruka zo kwikinisha ni nyinshi cyane ariko zigenda zitandukana mubukana bitewe n’igihe umaze wikinisha cyangwa inshuro wikinisha ku munsi cyangwa mu cyumweru.Byinshi mu binyanakuru byagiye byandika kuri iyi ngingo bimwe byagiye bivuga ko kwikinisha ari byiza ibindi bikavuga ko kwikinisha ari bibi cyane ariko nanone bigaterwa n’igihe ubikora amaze abikora.

 

ZIMWE MUNGARUKA ZO KWIKINISHA.

 

Hari ingaruka zinyuranye ziterwa no kwikinisha ariko zikagenda zitandukana mu bukana bitewe n’inshuro ubikora yamaze abikora.Muri izo ngaruka harimo;

Guhorana umunaniro udashira no gucika intege

Kubera ibihu no kunanirwa kubona neza ishusho

Gutakaza umusatsi

Gutakaza ubushobozi bwo gufata mu mutwe

Kwibagirwa byahato na hato

Kubabara munda yo hasi

Gusohora imburagihe

Kunanirwa gushyukwa burundu

Amasohoro yizana

Guhugwa abo mudahuje igitsina

Kuba igihubutsi

Ubushakashatsi bugaragaza ko abagabo ari bikinisha cyane dore ko bari kukigero cyo kuri 73.8% mu gihe abagore bari kuri 48.1%.Muri rusange kwinikisha birakira ndetse n’ingaruka zabyo zose zikagenda ariko nanone bigaterwa n’imbaraga zashyizwemo.

 

Kwinisha ntabwo bitera ubugumba.Ikinyamakuru cyitwa mayoclonic.com kivuga ko ngo nubwo bwose kwikinisha bitera ibibazo mu mubiri ariko ngo bitagera kubugumba nk’uko nanone ikinyamakuru cyitwa Ubuzimainfo kibivuga.Iki Kinyamakuru kivuga ko hari abantu benshi babaswe no kwikinisha ariko bakaba badafite ikibazo cy’ubugumba gusa bagira ibindi bibazo birimo no kurangiza vuba.

 

UMUTI WO KWIKINISHA

Hari uburyo ushobora kwivura iyi ndwara yo kwikinisha ndetse ukanivura ibgaruka zabyo ukoresheje bimwe mu biribwa n’ibimera.

 

1.Tangawizi. Bavuga ko iyo Tangawizi ivanze n’ubuki igira umumaro ukomeye cyane mu kuvura ingaruka zatewe no kwikinisha.

 

2.Amata avazemo Saffron. Amata avanzemo agafu ka Safrron avura kwikinisha n’ingaruka zabyo

 

3.Ibiribwa bikungahaye kumuntungungu wa Zinc

4.Imboga n’imbuto

Umwanditsi: Patrick Munana

Src: Ubuzimainfo

Advertising

Previous Story

Amarozi aravuza ubuhuha ! Abantu 30 bari baje gufata mu mugongo umuryango wa Ntezimana Donatha waguye mu mpanuka yatwaye Pastor Theogene Niyonshuti bajyanwe kwa muganga bivugwa ko bahumanijwe n’amarozi

Next Story

Menya amoko y’ibiribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop