Advertising

Dore ubwoko 6 bw’umubyibuho n’ikibitera ndetse n’uburyo ushobora kuwugabanya

01/01/2024 19:07

Hari uburyo bwinshi umuntu abyibuhamo ndetse Kenshi usanga abantu benshi badahuje uko babyibushye. Muri iyi nyandiko tugiye kuvuga mu bwoko bugiye butandukanye bwo kubyibuha ndetse sibyo gusa kuko turakomoza ku kibitera kugira ngo umuntu ubyibuhe atyo n’uburyo ushobora kuwugabanya.

 

 

1.Kubyibuha igice cyo hejuru cyose

 

Aho ni wa mubyibuho aho usanga umuntu ku gice cyo hasi, guhera mu rucyenyerero ameze neza atabyibushye ariko ahandi hejuru hasigaye ugasanga atabyibushye cyane.

 

 

Akenshi uyu mubyibuho uterwa no kurya ibiryo byinshi ndetse no Kudakora cyangwa Kudakora siporo.Uburyo bwiza ushobora kugabanya uyu mubyibuho, ni ukwirinda kurya byinshi cyane ibirimo isukari nyinshi cyangwa biryoherera. Ikindi ugomba gukora siporo cyangwa ukagendesha amaguru cyangwa ukoga muri pisine byibura iminota 30 biri munsi.

 

 

2.Kubyibuha munso Gato yinda

 

Uwo ni umubyibuho Kenshi usanga umuntu afite inda Nini ariko atabyibushye igice cyose kinda ahubwo munsi Gato yinda. Bikundww kugirwa nigitsina gore kurusha abagabo.Uyu mubyibuho uterwa no kugira stress nyinshi, no kugira depression.

 

 

Uburyo bwiza bwo kurwanya uyu mubyibuho ni ukwirinda stress ugafata umwanya uhagije ukaruhuka. Ndetsee ukihata icyayi mu buryo bwo kugufasha kwirinda stress ndetse ibigutesha umutwe ukabiganiza umuntu bityo ukaruhuka muri wowe.

 

 

3.Kubyibuha igice cyo ku matako

 

Uyu ni umubyibuho aho usanga umuntu abyibushye guhera mu rucyenyerero kugera mu mavi.

 

 

Uyu mubyibuho uterwa nubwoko bwibiryo urya rimwe narimwe. Uburyo bwiza bwo kurwanya uyu mubyibuho ni kunywa icyayi buri gitindo Niba utabikora, ukihata kujya ugenda n’amaguru cyane ahantu ubona hazamuka cyane.

 

 

4.Kubyibuha inda yose

 

Ubu ni ubwoko bw’umubyibuho aho usanga inda y’umuntu ufite uyu mubyibuho yose ibyibushye cyane ndetse ari Nini.Uyu mubyibuho uterwa cyane namayoga menshi unywa. Uburyo bwiza bwo kurwanya uyu mubyibuho ni ukureka inzoga ugatangira kurya ibitunga umubiri wawe cyane ibitera imbaraga kuko usanga abenshi bameze uko batarya cyane.

 

 

5.Kubyibuha igice cyo hasi

 

Uyu ni umubyibuho aho usanga umuntu abyibushye huhera mu rucyenyerero kugera ku birenge, mbese uyu usanga n’amaguru ye n’amatako byose bibyibushye.Uyu mubyibuho Kenshi usanganwa igitsina gore cyane mu gihe batwite.Uburyo bwiza bwo kurwanya uyu mubyibuho ni ukwirinda kurya ibiryo birimo umunyu mwinshi ndetse ukihata kugenda ukirinda kwicara Igihe kinini.

 

 

6.Kubyibuha inda n’inyuma

Uyu ni umubyibuho aho usanga umuntu abyibushye inda yose ariko n’inyuma mu mugongo habyibushye.Uyu mubyibuho uterwa akenshi no Kudakora, cyangwa Kudakora siporo mbese kwakundi umuntu aba yirwa yicaye gusa.Uburyo bwiza bwo kurwanya uyu mubyibuho ni ugusinzira neza, ukihata siporo ndetse ukajya urya ibiryo byinshi bitera imbaraga.

 

 

 

 

 

Source: theemergingindia.com

 

 

 

 

Previous Story

Dore impamvu zishobora gutuma uzana imvi ukiri muto

Next Story

Papa umbyara yangize umugore we nyuma yuko mama wanjye apfuye arangije antana abana

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop