Dore ubusobanuro imico n’imiterere y’abantu bitwa izina Smith

20/08/2023 16:20

Niba wibaza ubusobanuwo bw’izina Smith ,imiterere y’abaryitwa n’inkomoko ryaryo,waje hantu heza komeza ubane natw muri iyi nkuru.

 

 

Izina Smith bivugwa ko ryaturutse ku izina ryo mu cyongereza cya Kera ariryo ‘Smitah’, bikaba bisobanuye , Gukubita cyangwa kugonga.

 

Iri zina ryakundaga gukoreshwa cyane mu gihe bashakaga kuvuga umuntu ukora imirimo ifite aho ihuriye n’ibyumba (Umucuzi).Nyuma yo kumenya iri zina ryakoreshwaga kera mu cyongereza, abantu batangiye kurikoresha , maze barizana mu cyongereza cy’ubu rihinduka ‘Smith’.

 

 

Izina Smith, n’ubundi ryakomeje gusobanura umuntu ukora ibintu bifite aho bihuriye n’ibyo twagarutseho haraguru ariko byumwihariko bavugamo n’ubukorikori butandukanye.Bvuga ko kandi , uyu Smith,aba ari umuntu uzi kubaza cyangwa ubifitemo ubumenyi bukomeye kuburyo yanabigira akazi mu gihe biri ngombwa.

Bamwe mubantu biswe izina babaye ibyamamare ku isi , hari umurage basize ndetse batanga n’inkunga ikomeye muruhando rw’ibyo twagrutseho abitwa irizina bakunze kwisangamo.Muri abo twavuga icyamamare ‘Willy Smith’.

Advertising

Previous Story

Umunyamakurukazi yaterewe ivi mu bwato

Next Story

Impamvu yatumye Zaba Missed Call atandukana na Lynda bakinanye ibihinde avuga ko afite mukunzi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop