Dore uburyo bwo kunyaza umugore ahagaze mu buryo bworoshye

06/06/2023 19:59

Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye ariko zidashobora gushyirwa kuruhande.Byitwa amazina atandukanye ninayo mpamvu uyu munsi tugiye kureba niba byakorwa.

 

Ese ubu buryo bukorwa gute ? Ese burashoboka ?. Tubibutse ko intego y’abashakanye idashingira kuri iki gikorwa nk’uko bamwe bibeshya bakaba batekereza ko urugo rwubakiye kumibonano mpuzabitsina.

 

Ibyitwa kunyaza mu mibonamo mpuzabitsina biba igihe umugore yishimye cyane cyangwa se atanishimye gusa akumva ko ashaka kuyasohora.Ntabwo bigombera Pozisiyo runaka gusa uyu munsi reka turebe hamwe uko wabikora umugore wawe ahagaze.

 

Munyuranya amaguru maze umugore wawe agasa nuteye intambwe akaguru kamwe akagashyira kuntebe, kumeza, kugitanda cyangwa n’ahandi, umugabo agafata umutwe w’igitsina akajya amukomanga kuri rugongo.

 

Ubu buryo bukoreshwa mu gihe ababikora badafite umwanya uhagije naho babikorera hahagije kuburyo biba bitashobokako baryama.

 

Ibi kandi bisaba umugore kuba yateguwe cyane ndetse n’umugabo akaba ameze neza cyane, ubundi ukiyambaza ‘Clitoris’ , uzamura umanura kuburyo umugore wawe agira ibyishimo.

 

Iyi nkuru tuyandikiye abantu bakuru , bafite imyaka ibibemerera kandi bashakanye kuko abandi baba batemerewe gukora imibonano mpuzabitsina.Niba uyisomye uri wenyine, yereke umugore wawe muyisonane musome n’izindi nkuru tujya tubagezaho mugamije kwiga.

 

Iwacumarket

 

umwanditsi w’inkury z’ubuzima.

 

Advertising

Previous Story

“Amafaranga nakoreye Mu gikombe cy’isi nayashinzemo Ishuri” umukobwa w’umuhanga uvuye muri Qatar Aratangaje !

Next Story

Yiyamye abakomeje kumwita umuhungu! Mutesi Magnifique usa n’abahungu akomeje gutangaza benshi

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop