Dore ingaruka zo gukuramo inda

24/03/2023 10:14

Ubusanzwe gukuramo inda ni igikorwa kibi kandi cyo kwitondera kumpande zose.Mu gihe umukobwa cyangwa umugore agiye gukuramo inda hari ibintu aba agomba kumenya kandi akabizirikana mu rwego rwo kwirinda ibizaza nyuma y’aho.

Ikinyamakuru cyitwa Tdpelmedia, kigira kiti:”Gukuramo inda ni igikorwa gisabwa kwitonda mu buryo gikorwamo. Ni gikorwa gitera uburibwe guke ndetse no kuva gake cyane mu gihe cyakozwe neza kandi kigakorwa inda ari mumezi make ashoboka”.

Mu gihe inda yakuwemo muri ubwo bwitonzi bwose rero hari ingorane nke ashobora guhura nazo mu gihe atafashe umwanya ngo agire utwo yitondera kuruhande rwe.Muri izo ngorane harimo nko kuba;

1.Kurwara indwara za infection. Muri nyababyeyi ashobora kurwaramo ‘Infection’ , hakaba hagira ibisigara munda.

2.Kuva cyane bikabije cyangwa bigatinda. Mvuze ngo ‘Kuva’ abagore n’abakobwa bahita bumva icyo bisobanuye.Iyo ukuyemo inda ushobora guhura n’ibibazo birimo kuva amaraso cyane adakama.

3.Kurwara muri nyababyeyi. Muri byababyeyi cyangwa munda ibyara ushobora kuhangirika cyane mu buryo budasanzwe.Ibi biramutse bibaye ushobora kuba wakurizamo no kubagwa.

Iki kinyamakuru gitangaza ko gukuramo inda bidatuma utongera kubyara cyangwa ngo uboneze urubyaro kubwahazaza gusa kubizera Imana nabo bafite uko babisobanura.Birashobokako , ushobora kongera gusama nyuma gato y’uko umaze gukuramo inda.Abantu bagirwa inama yo kwifungisha mu gihe badashaka kubyara muri uwo mwanya.
https://www.youtube.com/watch?v=gSB-M1Mdo2A
TDPELMEDIA
OPERA NEWS

Advertising

Previous Story

Meddy yashyize hanze amafoto yerekana umwana we w’umukobwa yakirwana na yombi n’ibyamamare

Next Story

Mama na Papa barantaye ndambiwe inkoni za Mukadata nigira i Kigali ! Agahinda ka Ishimwe Christian wakuze akubitwa na Mukase

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop