Dore ingano y’igitsina umugabo agomba kuba afite kugira ngo ashimishe uwo bashakanye

14/05/2023 11:42

Hari amakuru uzumva yabamwe mu bagabo bazakubwira ko bafite ibitsina bito, ese biterwa ni iki ? Menya niba hari ingano ikenerwa kugira ngo umugore abashe kunezerwa.

Hari umusore twigeze kuganira ampa inkuru mpamo y’ikibazo cye numva ni ubwambere nacyumva .Uyu musore yambwiye ko afite ikibazo cy’igitsina gito cyane ndetse ambwira ko afite imbogamizi z’uko ashobora kutazashaka kuko abona atabasha gushimisha umugore we, yemeza ko n’icyo gitsina gito afite kidashobora guhaguruka.

Kuri ibyo rero abantu benshi bakunda kugira amatsiko y’ukuntu igitsina cy’umugabo nya mugabo kiba kireshya , nyamara igitsina uko cyaba kingana kose gishobora gushimisha umugore bitewe n’uburyo cyakoreshejwe.
Iki gisubizo nicyo nahaye mugenzi wanjye wambajije ariko nanone hari ibindi byo kumenya.Ubushakashatsi bugaragaza ko igitsina cy’umugabo cyafashe umurego , kigomba kuba nigura gipima hagati ya Ishi (Inchi) ya 5.1 na 5.5.Ubwo ni ukuvuga hagati ya 12.95 – 13.97 cm.N’ubwo bishoboka ko uburebure bwajya hasi cyangwa hejuru y’iyo mibar.

Mu bugari umugabo ashyutswe igitsina kiba kingana na Inchi 3.66 na 9.31 .Iyo bashyuyswe abenshi ubugari bw’igitsina bugna a na 4.45 cyangwa 11.66.N’ubwo abenshi ubushakashatsi bwagaragaje ko baba bafite iyi size cyangwa ingano ariko hari abarushaho bikaba bibi mu gihe barengeje cyane.

Medicalnews toda , bavuga ko kuva mu 1996, abashakashatsi bagaragaje ko abagabo benshi bagiye batishimira uburebure bw’igitsina cyabo bagahitamo kwibagisha bakacyongera.Bashiamngira ko umugabo ashobora kugira kandi igitsina gito cyangwa kinini ku mpamvu zitandukanye.

Icyambere ashobora kugira gito bitewe n’imismburo afite cyangwa bigaturuk ku ruhererekane rwo mu muryango.

Advertising

Previous Story

Wari uzi ko kudahuza ubwoko bw’amaraso bishobora gutuma mutabyarana

Next Story

“Nta mwana ukwiye kwigira ikirara”! Umuririmbyi w’indirimbo ziramya Imana ishimwe josh yakebuye abana b’impfubyi.

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop